Ruhango: Baranenga uko inzego zibanze zitwara mu kubaka umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza.

  Bamwe mu batuye mu   murenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, baranenga uburyo abayobozi b’inzego zibanze bakoresha iyo bari kubasaba umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza nkaho  ababuze umusanze babakura mu mirimo yabo, bakirirwa babazengurukana, nyamara ngo ako kazi ariko bakoraga  kashoboraga guvamo amafaranga yo kwishyura umusanzu wa mutuel, ibituma bifuza ko ubu buro                  […]

SPORTSLIVE: Amavubi yemerewe miliyoni 75 naramuka asezereye Ethiopia, mu gihe mukura VS iri gusaba umuhisi n’umugenzi

Ryari ijoro ryiza cyane, ryo ku wa kabiri tariki ya 30 kamena 2022, ku kubasore b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda amavubi ubwo basurwaga n’abayobozi batandukanye mu ijoro ryiswe “ijoro ry’inkera y’abahizi”, Ni ijoro ryateguwe ngo harebwe uburyo ikipe y’igihugu y’u Rwanda (amavubi) yazitwara neza mu mukino wo kwishyura amavubi azahuramo na Ethiopia mu ijonjora ryo guhatanira itike yo kwerekeza mu mikino […]