Muhanga: Mu mujyi wa muhanga ubushobozi buke bwatumye babura amashuri y’incuke.

Bamwe mu babyeyi bamikoro make bo mu mujyi wa Muhanga mu karere ka Muhanga bafite abana bagejeje igihe cyo kujyanwa mu mashuli y’incuke, baravuga ko Muri ikigihe cyitangira ry’amashuli Umwaka wa 2022-2023, bahangayikishijwe n’ikibazo cy’ abana babo bagiye gukomeza kuguma mu rugo bitewe no kubura  ibigo by’amashuri baberekezamo. Kumunsi wambere w’itangirya ry’amashuli yaba ayincuke, ayabanza n’ayuburezi bw’ibanze bw’imyaka 9 na […]

Kamonyi: Ubuke bw’abaganga butuma bategereza servise z’ubuvuzi

Bamwe mubivuriza ku kigonderabuzima cya Remera Rukoma giherereye mu mu renge wa Rukoma mukarere ka Kamonyi, baravuga ko ikibazo cy’ubucye bw’abaganga muri iki kigonderabuzima, bituma batinda kubona serivise z’ubuvuzi baba baje gusha, ibituma bifuza ko iki kigonderabuzima cyakongererwa umubare w’abaganga mu rwego rwo kunoza service zihabwa abarwayi bakigana. Ikigonderabuzima cya Remerarukoma, giherereye mu murenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi […]