Musanze: Kutamva kimwe ihame ry’uburinganire intandaro y’abagabo baharika abagore babo

Abatuye akarere ka Musanze baravuga ko kumva nabi uburinganire kwa bamwe mu bagore ari kimwe mu mpamvu zitera ihohoterwa n’amakimbira mu muryango, ku uburyo ngo rimwe narimwe usanga bamwe mu bagabo bahitamo guharika abagore babo bakajya gushaka izindi ngo ku uruhande bitewe no ku tumvikana ku ihame ry’uburinganire. Aba batuye mu karere ka Musanze barimo umubyeyi witwa UWAJENEZA Martha, BARIKUMWENAYO […]

Ruhango: Kinihira aratabaza ubuyobozi nyuma y’uko umugore amutaye agatwara n’abana

Umugabo witwa Nyandwi John utuye mu kagari ka Nyakogo Umurenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, arasaba ubuyobozi kumufasha bukinjira mu kibazo afitanye n’umugorewe bashakanye byemewe n’amategeko wataye urugo asahuye n’imwe mumitungo bari bafite. Nyandwi John umugabo utuye mu mudugudu wa Bweramana mu kagari ka Nyakogo Umurenge wa Kinihira akarere ka Ruhango aravuga uburyo yahuye n’impanuka bikarangira n’umugorewe amutaye akajya kwishakira […]

Ruhango: Bweramana arashinja mudugudu ku muhohotera aho kumufasha gukemura amakimbirane afitenye n’umugorewe

  U witwa Bimenyimana Ildephonse utuye mu mudugudu wa Rwingwe akagari ka Murama Umurenge wa Bweramana akarere ka Ruhango, aratunga urutoki umukuru w’umudugudu ku muhohotera, aho ku mufasha gukemura ikibazo cy’amakimbirane ashingiye ku mitungo afitanye n’umugore we bashakanye byemewe n’amategeko kuri ubu ngo wamaze no kumwirukana muri iyo mitungo. Bimenyimana Ildephonsi wo mu mudugudu wa Rwingwe akagari ka Murama Umurenge […]