Ruhango: Baribaza impamvu badasanirwa ibiraro byangijwe n’ibiza bamaze imyaka irenga ibiri basaba gusanirwa

Abatuye mu mudugudu wa Ruhare akagari ka Remera umurenge wa Kabagali akarere ka Ruhango, baribaza impamvu badakorerwa amateme yangijwe n’ibiza by’imvura yaguye mu mwaka wa 2019, nyamara akomeje kubera imbogamizi abakoresha umuhanda ubahuza n’ibindi bice bibakikije, dore ko mugihe cy’imvura usanga abana babo batabona uko bajya ku ishuri. Umuyobozi w’akarere ka Ruhango Habarurema Valens, avuga ko mu gihe hakiri gushakishwa […]

Ruhango na kamonyi: Barizezwa gusanirwa ikiraro cyangijwe n’ibiza by’imvura umwaka ushize wa 2022

Umuyobozi w’intara y’amajyepfo Kayitesi Alice arizeza abakoresha ikiraro cya Birembo gihuza umurenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango n’uwa Nyarubaka mu karere ka Kamonyi, gukorwa vuba biturutse kukuba ngo  ari ikiraro ubona ko nyuma yo kwangirika   umusaruro w’imyumbati na Kawa bituruka mu karere ka Ruhango bibura aho binyuzwa bijya ku masoko, ibyiyongeraho ko ngo n’amakamyo yatwaraga imicanga itakibona aho inyura […]