
Author: admin


Ubuyobozi bw’akarere ka Gakenke buravuga ko..
ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere kidatanga amakuru yuzuye arebana n’uko imvura iri bugwe, bigatuma abaturage batabasha gukumira ibiza .
Read more
Umunyonzi ufite amatara yabigenewe ntiyirukanwe mu muhanda – RCA
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (Rwanda Cooperative Agency) kiratangaza ko abakora imirimo yo gutwara abagenzi bakoresheje amagare bazwi nk’ Abanyonzi bakorera mu mujyi wa
Read more
Menya amayeri 24 akoreshwa n’abatekamutwe
Nyuma y’uko muri iyi minsi hagaragara ubujura bwifashisha uburiganya n’ubutekamutwe, Kigali Today yifashishije amakuru yakuye mu bantu batandukanye ibakusanyiriza bumwe mu buryo bukoreshwa n’abatekamutwe kugira
Read more
Umuyobozi utaba mu kigo ayobora ntabwo tumukeneye – Minisitiri Munyakazi
Raporo y’ubugenzuzi bwakozwe na Minisiteri y’Uburezi mu mwaka ushize wa 2018, igaragaza ko mu Karere ka Gisagara hari ibigo byagiye bisibiza abana bagera kuri 30%
Read more
MINISANTE ngo ntiyiyumvisha icyateye abaganga kwirara
Hamwe na hamwe mu bitaro bya Leta mu mujyi wa Kigali, hari abarwayi binubira ko basigaye bahamara amajoro n’amanywa batarabona ubabaza icyo barwaye. Ni mu
Read more
Rusizi : Hakorewe imyitozo yo guhangana na Ebola
Mu rwego rwo gukomeza kwitegura guhangana n’icyorezo cya Ebola mu gihe cyaramuka cyadutse mu Rwanda, Ministeri y’Ubuzima yakoresheje imyitozo abakozi bo mu rwego rw’ubuzima mu
Read more
Ntabwo wakwirirwa wigisha ubuhahirane ngo aho umunyarwanda agiye bamuhige – Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko bitumvikana kubana n’umuturanyi, wirirwa yigisha ibyiza byo kwishyira hamwe kw’ibihugu nyamara abanyarwanda bagera mu gihugu cye bagafungwa cyangwa bakaburirwa irengero.
Read more
Perezida Kagame yagaragaje ko abayobozi bategera abaturage baba batanga icyuho ku bashaka kubayobya
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi kurushaho kwegera abaturage bagakemura ibibazo byabo, kuko nibatabikora abandi bazaza bakababeshya bakabayobya. Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangiza inama
Read more
RDF izanye uburyo bushya bwo kuvura Cancer…N’aba ‘mutuelle’ bazakirwa
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda buratangaza ko muri Mutarama 2019 mu bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe hazatangizwa ikigo kizajya kita ku barwayi ba Cancer gikoresheje
Read more