Nyuma yo gusura umupaka wa Kagitumba mu karere ka Nyagatare ahatangirijwe urugamba rwo kubohora igihugu, bamwe mu rubyiruko rw’abakorerbushake rwo mu karere ka Ruhango baravuga ko a mateka y’uruygamba rwo kubohora igihugu, babonye agiye kubigihsa gukora cyane bakiteza imbere ibyo ubuyobozi bw’aka karere buheraho buvuga ko amasomo babonye agiye kubafasha kwitangira ibikorwa bizamura iterambere ry’abatuye aka karere. Urubyiruko rw’abakorerabushake rwo […]
Ruhango: Urubyiruko rufite intego yo kwigira ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu.
Kamonyi na Muhanga: Babangamiwe n’urugomo rw’abana biyita marine bafatanyamo na rumwe mu rubyiruko
Bamwe mu batuye turere twa kamonyi na muhanga baturiye isantere ya Cyanika iri hagati y’imirenge ya Musambira na Cyeza, barifuza ko inzego zubuyobozi zibafasha kugemura ikibazo cy’abana bazwi kwizina rya marine n’urubyiruko usanga bakora ubujura buvanze n’urugomo rwo guhohotera abo bibye. Isantere ya cyanika, ni isanere iherereye hagati y’umurenge wa cyeza mukarere ka muhanga n’umurenge wa musambira mu karere ka […]
Nyanza: Mu muganda rusange meya yasabye abanyenyanza kwita ku isuku yo mu ngo zabo
Mugihe bamwe mubatuye akarere ka Nyanza basaba abanyarwanda muri rusange kujya bitabira gahunda za leta zirimo n’umuganda, ubuyobozi bw’aka karere bwo burasaba abaturage muri rusange kwita ku isuku y’iwabo ubundi bagashishikariza abana kugana ishuri. Mu muganda rusange usoza ukwezi kwa nzeri wabereye mu karere ka Nyanza mu ntara y’amajyepfo wahuje ubuyobozi bw’aka karere hamwe n’ikipe ya Rayon Sport,bamawe mubatuye aka […]
Muhanga: Rongi, barifuza ishuri ry’imyuga barota mu nzozi
Bamwe mu batuye umurenge wa Rongi mu karere ka Muhanga baravuga ko bakeneye ubuvugizi bakabona aho abana babo biga imyuga kuko kugeza ubu nta shuri na rimwe ry’imyuga riragera muri uyu murenge, kuburyo abana babo bagikora urugendo bajya kwiga imyug mu yindi mirenge. Umurengewe Rongi tuwe n’abaturage 32162. Abaturage baganiriye n’umunyamakuru ni abo mu kagali ka Gasharu umurenge wa […]
Ruhango: Baranenga uko inzego zibanze zitwara mu kubaka umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza.
Bamwe mu batuye mu murenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, baranenga uburyo abayobozi b’inzego zibanze bakoresha iyo bari kubasaba umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza nkaho ababuze umusanze babakura mu mirimo yabo, bakirirwa babazengurukana, nyamara ngo ako kazi ariko bakoraga kashoboraga guvamo amafaranga yo kwishyura umusanzu wa mutuel, ibituma bifuza ko ubu buro […]
Muhanga: Abanyamuryango ba FPR barasabwa kwitwara neza.
Abanyamuryango b’umuryango wa FPR Nkotanyi bo mu murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, barasabwa n’ubuyobozi bw’umuryango muri uyu murenge kwirinda ingesombi zirimo no kwishora mu biyobyabwenge, ahubwo bagaharanira kuba ku isongo mu kubaka u Rwanda. Ibi babisabwe mu nama rusange y’abanyamuryango ba FPR Nkotanye ku rwego rw’umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, aho muri iyi nama bibukijwe ko […]
Nyamagabe: Perezida wa repuburika yasabye abayobozi gukemura ikibazo cy’ibiciro by’ubukode nta ruhande bahutaje.
Ifoto twayikuyeye kuri Kigali to day Mugihe bamwe mu bacururiza mu isoko rya kijyambere rya Nyamagabe riherereye mu karere ka Nyamagabe mu ntara y’amajyepfo, bakomeje kuvuga ko ubukode bishyura aho bakorera buri hejuru ku uburyo bifuza ko ubuyobozi bwabafasha igiciro bishyura Ncyigabanuka, Perezida wa repuburika Paul kagame arasaba ubuyobozi bw’akarere ka nyamagabe gukemura icyo kibazo nta ruhande na rumwe rubangamiwe. […]
Nyamagabe: Perezida wa Repuburika aranenga abayobozi badaterwa isoni no kudakemura ibibazo by’abaturage
Ifuto twayikuyeye ku gihe Uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Repuburika ari kugirira mu ntara y’amajyepfo n’iyuburengerazuba, yakomoje kubayobozi bumva ibibazo by’abaturage barangiza bakicecekera, kugeza ubwo abaturage barambiwe kwiruka mu buyobozi ibibazo byabo bikarangira babiretse. Ibi perezida wa Repuburika Paul Kagame akaba yabigarutseho, ubwo mu ruzinduko ari kugirira mu karere ka Nyamagabe yakiraga ibibazo by’abaturage bitandukanye birimo ibyimanza zitarangizwa, ibishingiye ku […]
Ruhango: Basabye Perezida Paul Kagame kububakira imihanda ya kaburimbo
Uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Repuburika ari kugirira mu ntara y’amajyepfo n’iyuburengerazuba yahereye mu karere ka Ruhango, rwatumye ubuyobozi bw’aka karere busaba umukuru w’igihugu kubafasha kubona imihanda ya kaburimbo ibahuza n’uturere bahana imbibe, ndetse no kurushaho kwegereza amazi meza abatuye aka karere ka Ruhango mu rwego rwo kurushaho kuzamura imibereho yabo. umuyobozi w’akarere ka Ruhango HABARUREMA Valensi, aragaragariza perezida wa […]
Ubuhinzi bw’umwimerere ni iki ?
Ubuhinzi bw’umwimerere nabwo ni ubuhinzi ndumburabutaka umuhinzi yakora agamije kongera umusaruro mu bwiza no mu bwinshi.