Bamwe mubahinzi bicyayi bo mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruuru, nubwo bavuga ko nyuma yo kwitabira ubuhinzi bwicyayi hari ibyahindutse mu mibereho yabo yari yuzuyemo gutungwa no kujya guca incuro, baranagaragaza imbogamizi z’imihanda idakoze itaborohereza kugeza umusaruro wabo ku ikusanyirizo aho imodoka ziza kuwutwara. Bamwe mubahinzi bicyayi babarizwa mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruguru, nibo bumvikana […]
Nyaruguru: Abahinzi b’icyayi barifuza gufashwa kubona imihanda imodoka zifashisha zitwara umusaruro wabo
Nyaruguru: Umuryango wararanaga n’amatungo wafashijwe gusohoka muri iki kibazo
Umuryango wa Nkurunziza damascene na mukeshimana Therese ubarizwa mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru. Mu cyumweru cyahariwe umujyanama n’umufatanyabikorwa , nyuma yo gusurwa n’abajyanama hamwe n’abafatanya bikorwa b’akarere ka Nyaruguru, uyu muryango uravuga ko nyuma yo gufashwa kuvugurura inzu babagamo yari imeze nka nyakatsi kuri ubu watandukanye ni ikibazo cyo kurarana n’amatungo wasangaga kibatera indwara zituruka ku mwanda. […]
Amajyepfo: Abikorera bo mu ntara bitabiriye imurikagurisha barizezwa n’ubuyobozi bw’Intara ko batazongera guhura n’imbogamzi bahuye nazo.
Ubuyobozi bw’intara y’amagepfo burizeza abikorera bo muri iyi ntara ko bugiye kwicarana nabategura imurikagurisha, bagashakira hamwe umuti w’ibibazo byagaragajwe mu gutegura iryashojwe, byatumye abikorera baryitabiriye binubira uburyo bakoreye mu gihombo ku uburyo bitazongera kubaho ubutaha. Bimwe mu bibazo bigaragazwa n’abikorera bitabiriye imurikagurisha ryateguwe n’intara y’amajyepfo rikabere mu karere ka Muhanga, bigatuma ritabagendekera neza, ikiza ku isonga ngo n’ikibazo cy’uko abariteguye […]
Kamonyi: Haracyari abagore bo mu cyaro babuzwa n’abagabo babo kwaka inguzanyo zo kwiteza imbere
Bamwe mu bagore babarizwa mu bice by’icyaro by’akarere ka Kamonyi mu murenge wa Kayumbu, baravuga ko hakiri abagabo bakizitira abagore bashakanye nabo mu kwiteza imbere, kubera uburyo bababuza kwaka inguzanyo yo kwihangira, ibikomeza kubaheza inyuma mu iterambere. Mugihe leta ikangurira umugore wo mucyaro guhaguruka akitabira imirimo imuteza imbere, bamwe mubagore bo mucyaro bo mu murenge wa kayumbu akarere ka kamonyi, […]
Muhanga: Abagore bo mu cyaro nta soko bafite ry’umusaruro bakura mubyo bakora
Bamwe mubagore bo mukarere ka Muhanga, umurenge wa kiyumba nubwo bavugako ko biteje imbere biturutse ku bikorwa by’ubuhinzi n’ubukorikori, baragaragaza ko bagifite imbogamizi zo kubona aho bacururiza ibikorwa byabo bitewe nuko aho babikorera ari mucyaro hatari abaguzi bahagije bagura umusaruro baba bakuye mu bikorwa bakora. Abagore bavuga jko biteje imbere babikesha gukora ibikorwa by’ubuhinzi n’ubwirozi hamwe n’ubukorikori, ni bamwe mu […]
Bugesera:Ntabushobozi bafite bwo kugura urusinga rw’amashanyarazi rumaze kwibwa ubugira gatatu
Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Gako akagali ka Kabeza mu murenge wa Rilima mu karere ka Bugesera, barasaba ubuyobozi kubagoboka bakabona urutsinga rw’amashanyarazi nyuma y’uko urutsinga rwabagemuriraga amashanyarazi rwibwe ubugiragatatu n’abantu bataramenyekana, kuko kuri iyi nshuro ubushobozi bwo guteranya bakagura urundi bumaze kubashiraho ku buryo batabasha kongera kubona ayo ku rugura. Ingo esheshatu zo mu mudugudu wa Gako mu […]
Nyanza:Cyabakamyi baranenga imitangire ya Servise z’ubuvuzi ku kigonderabuzima cya Mucubira
Bamawe mu bajya kwivuriza kukigo nderabuzima cya Mucubira kiri mu murenge wa Cyabakamyi akarere ka Nyanza, barifuza ko imitangire ya service z’ubuvuzi zitangirwa kuri iki kigo nderabuzima, binozwa ntibakomeze kujya barangaranwa n’abanganga kandi baba bagiye kwivuza bababaye. Abimvikana bashyira mu majwi abaganga bo ku kigonderabuzima cya Mucubira kubarangarana, ni bamwe mu batuye mu murenge wa Cyabakamyi mu karere ka Nyanza, […]
Muhanga: Basigaye bakora urugendo bajya gushyingura nyuma yo kwimura irimbi bashyinguragamo
Bamwe mubatuye mukagari ka mubuga, mu murenge wa shyogwe ho mukarere ka Muhanga barifuza ko bahabwa irimbi hafi yabo kuko, nyuma y’uko iryo bari bafite rifunzwe, basigaye bakora urugendo rutariruto bajya gushyingura mu irimbi rya Gihuma riherereye mu murenge wa Nyamabuye mu kagali ka Gahogo ku buryo usanga bibatwara ikiguzi kitari gito cy’urugendo. Abaturage bifuza ko bahabwa irimbi hafi yabo, […]
Icyo wakora ngo kugabanya ibiro ntibikubere umugogoro
Abantu bamaze kumenyera ko impamvu ituma ibiro by’umuntu byiyongera cyane ari uko aba yinjije isukari nyinshi mu mubiri kurusha iyo akoresha kandi ko iyo ashaka gutakaza ibiro agerageza kwirinda kurya cyane akanakora imyitozo ngororangingo. Nubwo ibi byumviswe imyaka myinshi, ubushakashatsi bushya buherutse kugaragaza indi mpamvu ishobora gutuma umuntu abyibuha bikabije. Inzobere mu bijyanye n’imisemburo hamwe n’imvubura mu bitaro by’Abana bya […]
The era of “Coding” is ending | Why this is VERY important?
There are many variations of passages of Lorem Ipsum available, but the majority have suffered alteration in some form, by injected humour, or randomised words which don’t look even slightly believable