Bamwe muri bamarayika murinzi bo mukarere ka Muhanga, baravuga ko kugirango ikibazop cy’abana usanga batabwa n’imiryango yabo kibashe bamwe mu bubatse ingo bakwiye guhindura imyumvire bakubaka ingo zishingiye ku bushobozi bwabo batarebeye kuzo abandi bubatse kuko ngo nta rubaho kimwe n’urundi. uyu mubyeyi uri mu kigero cy’imyaka irenga 60 y’amavuko akaba ari n’umwe muri bamarayika murinze bahuguwe n’umuryango hope and […]
Muhanga: Bamarayika Murinzi barifuza ko abubatse ingo batazishingira ku bandi
Paul Kagame yabereye abana bafite ubumuga insimburangingo bajya kwiga
Bamwe mu batuye akagali ka Nyarusozi gakora ku rmugezi wa Nyabarongo mu murenge wa Nyabinoni mu karere ka Muhanga, baravuga ko intego bafite ari ugushyigikira Paul Kagame wafashije abana babo bafite ubumuga, akababera insimburangingo ubu bakaba bari kw’ishuri. Ibi bakaba babitangarije mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida w’umuryango wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame, no kwamamaza abakandida ku mwanya w’ubudepite bava mu muryango […]
Ngororero: Abafite ubumuga babuze ubushobozi bwo kujya kwivuza
Bamawe mubafite ubumuga bo mu murenge wa Gatumba mu karere ka Ngororero , bavuga ko kubera amikoro make, babura uko bajya kwivuza kuko bisaba amafaranga menshi, bakaba basaba ubuyobozi kubafasha kwivuza. Nyirabagirashebuja Daforoza ni umukecuru w’imyaka ufite ubumuga bw’ingingo uri mu kigero cy’imyaka 81, utuye mu mudugudu wa Gahinga mu kagari ka Karambo mu murenge wa Gatumba mu karere […]
Nyagatare: Baranenga abgifite imvugo zipfobya abafite ubumuga
Bamwe mu rubyiruko n’abarimu bo kubigo bitandukanye bo mu karere ka Nyagatare, baranenga bamwe mu bantu bakoresha imvugo zipfobya abafite ubumuga, kuko usanga aho ku bubaka zibasenya ugasanaga n’abatangiye gutera intambwe yo kugana aho babandi bari, bacitse intege birangiye basubiye mu bwigunge. Ibi babigarutseho nyuma yo guhabwa amahugurwa yateguwe na NUDOR ku bufatanye n’umuryango Iwacu Hope Initiative na Learn work […]
Rwanda: Musanze na Bugesera: Abantu bafite ubumuga bwo mu mutwe bara cyahabwa akato muri sosiyete no mu miryango bavukamo
Bamwe mu bantu bahuye n’ikibazo cyo kugira uburwayi bwo mu mutwe bo mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru no mu karere ka Bugesera ko mu natara y’Iburasirazuba, bavuga ko hakiri ikibazo cy’uko bahabwa akato haba mu miryango bavukamo no muri sosiyete, ibituma basaba leta kwita kuri icyo kibazo kikiri inzitizi ku mibereho n’iterambere ryabo. Maniriho J.Bosco wo mu karere […]
Ngororero: Abafite ubumuga bwo mu mutwe baracyahabwa akato
Bamwe mubatuye Umurenge wa Kageyo umwe mu mirenge y’akarere Ka Ngororero ikora ku ishyamba rya gishwati, baravuga ko hari bamwe muri bagenzi babo bagifite imyimvure yo kumva ko ufite ubumuga bwo mu mutwe ntacyo amaze mu muryango ahubwo ari uwo kuwuteza ibibazo birimo no kwangiza ibintu, ibintu bavuga bahereye ku kuba abafite ubumuga bwo mu mutwe, ngo usanga ntakindi babasha […]
Nyamagabe: Ingamba zashyizweho zo kurwanya imirire mibi n’igwingira ziri gutanga umusaruro
Bamwe mu byeyi bo mu akarere ka Nyamagabe, baravuga ko babifashijwemo n’inzego z’ubuzima n’ubuyobozi bw’aka karere, babashije kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana babo bari munsi y’imya itanu. Nambajimana Etienne na Ruzibiza Vicent ababyeyi bo mu karere ka Nyamagabe murenge wa Gasaka hamwe na mugenzi wabo Nyirankundimana Jacqueline, bavuga ko aho batuye kubijyanye no guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira mu […]
Huye: Nta muturage ukicwa na Malariya
Ibikorwa byagezweho muri serivise z’ubuvuzi mu gihe cy’imyaka 7 ishize. Kuwa 21 Kamena 2024, bamwe mu baturage bo mu kagari ka Sovu Umurege wa Huye akarere ka Huye mu kiganiro bagiranye n’itsinda ry’Abanyamakuru bo muri ABASIRWA bari mu gikorwa cyo kureba ibyagezweho mu buzima nyuma y’imyaka irindwi mu Karere ka Huye. Bagaragaje ko Abajyanama b’ubuzima bakorana n’ikigo nderabuzima cya Sovu […]
Muhanga: Aba motari bagiye kwegerezwa moto zikoresha amashanyarazi.
Bamwe mu ba motari bakorera umwuga wo gutwara abagenzi mu karere ka muhanga bavuga ko moto zikoreshwa numuriro wamashanyarazi zigiye gutangira gukoreshwa mu karere ka muhanga zizahindura byinshi mu mwuga wabo w’ubumotari. Niyomukiza Carine ni umwe mubasanzwe batwara abagenzi kuri moto,umwuga akorera mukarere ka Muhanga,we na Niwemahoro Odile bahimba Jay Paul bavuga ko ubusanzwe gutwara abantu kuri moto bitarimo kuborohera […]
Kamonyi: Abafite uburezi n’uburere munshingano barasabwa kwigisha abana ihame ry’ubumwe n’ubudaheranwa.
Ubuyobozi bw’akarere ka kamonyi burasaba abafite mu nshingano uburere n’uburezi bw’abana kuzirikana ihame ryubumwe n’ubwiyunge ndetse no kubaka ubunyarwanda mu bana b’u Rwanda nkuko aribo Rwanda rw’ejo. Mukarere ka kamonyi mu murenge wa nyarubaka ubwo bibukaga ku nshuro ya 30 jenoside ya korewe abatutsi mu 1994 byumwihariko abagore nabana biciwe muri uyu murenge,KANKUNDIYE Adeliphine na mugenzi we MWENEDATA Assoumpta bamwe […]