Ruhango: Abayobozi barasabwa gutekereza umurongo w’ubumwe n’ubwiyunge kugirango barusheho kwiyubakira igihugu

Ubwo hibukwaga abarabakozi b’amakomine yahujwe akaba akarere ka ruhango bishwe mugihe cya genocide yakorewe abatutsi mu 1994, abayobozi bo muri aka karere ka Ruhango bakaba basabwa guketereza igikwiye gishimangira ubumwe n’ubwiyunge bw’abanyarwanda kugirango barusheho gufatanya kwiyubakira igihugu. Bamwe mu bakozi bo mu karere ka ruhango bitabiririye igikorwa cyo kwibuka abarabakozi b’amakomine agize akarere ka ruhango muri genocide yakorewe abatutsi mu […]

Twahirwa yinjiye mu mushinga uzafasha itangazamakuru ry’u Rwanda kongera ubunyamwuga

Twahirwa Jean Paul Aimable umaze imyaka 12 mu itangazamakuru yatangije umushinga yitezeho ko uzafasha iryo mu Rwanda kongera ubunyamwuga bihereye ku ntebe y’ishuri. Uyu mugabo akorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, yayinjiyemo itarahindura ikiri ORINFOR. Twahirwa usibye gukorera kuri Televiziyo y’u Rwanda, anigisha muri kaminuza mu mashami y’itangazamakuru atandukanye. Usibye itangazamakuru yanize Icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza mu Ishami ryo gucunga […]

Icyo wakora ngo kugabanya ibiro ntibikubere umugogoro

Abantu bamaze kumenyera ko impamvu ituma ibiro by’umuntu byiyongera cyane ari uko aba yinjije isukari nyinshi mu mubiri kurusha iyo akoresha kandi ko iyo ashaka gutakaza ibiro agerageza kwirinda kurya cyane akanakora imyitozo ngororangingo. Nubwo ibi byumviswe imyaka myinshi, ubushakashatsi bushya buherutse kugaragaza indi mpamvu ishobora gutuma umuntu abyibuha bikabije. Inzobere mu bijyanye n’imisemburo hamwe n’imvubura mu bitaro by’Abana bya […]

Abaganga b’inzobere bagiye kubaga no kuvura indwara z’abagore

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko kuva kuri uyu wa Gatanu buzakira itsinda ry’abaganga baturutse mu Budage n’u Bwongereza bazavura indwara zitandukanye z’abagore. Ibi bikorwa biteganyijwe hagati ya tariki 21-30 Mata 2022, ku Bitaro bya Nyarugenge biherereye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. Inzobere z’abaganga 12 ziturutse muri ibyo bihugu ni zo zizaba ziri kuri ibi […]