Mukwizihiza umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe ubumenyi ku isi, bamwe mu banyeshuri biga amasomo y’ubumenyi azwi nka Science mu ndimi z’amahanga bo mu mashuri y’isumbuye na kaminuza, baravuga ko bagifite imbogamizi mu gukoresha ikoranabuhanga mu masomo biga biturutse ku buke bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri bigamo, ibituma basaba leta kuvugutira umuti icyo kibazo usanga kibangamira imyigire yabo. Mukwizihiza umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe […]
Nyanza: Abanyeshuri biga amasiyanse bavuga ko hakiri imbogamizi y’ubuke bw’ibikoresho bifashisha by’ikoranabuhanga
Kamonyi: Rukoma ubuyobozi bufite umuhigo wo gusubiza abana mu ishuri ku kigero cya 100%
Ubuyobozi bw’umurenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi mu ntara y’amajyepfo, buravuga ko bugiye gufatanya n’abarimu bo kubigo by’amashuri biri muri uyu murenge, ku uburyo ngo bafite intego yo gusubiza abana bo mu murenge wa rukoma mu ishuri ku kigero cya 100%. NSENGIYUMVA Pierre Cellestin ni Umunyamabanga nshingwa bikorwa w’umurenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi. Aha arasaba abafite ibigo […]
Nyarugenge: Gutanga ibitabo byogusoma mu mashuri abanza byitezweho kuzahura ireme ry’uburezi.
Ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri abaza cya Karama kiri umurenge wa Kigali akarere ka Nyarugenge, buvuga ko mbere y’uko ikigo gihabwa na Save The children ΄Umuryango Mpuzamahanga wita kubana΄ ibitabo by’abana byogusoma hagaragaraga ikibazo cy’umubare muke w’ibitabo byo gusoma bikaba byatezaga icyuho mu ireme ry’uburenzi. Umuyobozi w’Ishuri ribanza rya EPR Karama, Muntwali Alodie, avuga ko abana batashoboraga kumenya gusoma neza bose kubera […]