Nyagatare: Kutagira amakuru ahagije ku ubuvuzi bwo kurumwa n’inzoka bituma iyo bariwe nazo bajya kwivuza mu bagombozi

Bamawe mubatuye akarere ka Nyagatare mu murenge wa Nyamirama mu ntara y’uburasiraziba, baravuga ko kuba nta makuru bafite y’uko kwa muganga bafite ubushobozi bwo kuvura umuntu wariwe n’inzoka, bituma bagana abagombozi usanga rimwe na rimwe kubera kubavura gakonda badakira burundu, ibituma bifuza ko inzego z’ubuzima zishyira imbaraga mu gutanga amakuru ahagije ku kuba kwa muganga bavura uwariwe n’inzoka. Umukozi mu […]

RBC mu kurwanya indwara zititaweho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa abahinzi bo mu bishanga bagenerwa ubufasha bubarinda inzoka ya “bilharziose”

I kigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC, ku bubufatanye ni ihuriro ry’imiryango iteamiye kuri leta (RWANDA NGOs FORUM), baratangaza ko ku ubufatanye n’abafatanya bikorwa b’iki kigo, hari ubufasha bugenerwa abahinzi bakorera ubuhinzi mu bishanga burimo no kubaha  ibinini bibavura inzoka ya “bilharziose“, na cyane ko ngo aba bahinzi baba bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi ndwara y’nzoka ya “bilharziose” cyane cyane igihe […]

RBC: Kwituma kugasozi no gukoresha imisarane itujuje ibisabwa intandaro yo kurwara indwara ziterwa n’umwanda nk’inzoka ya teniya

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC kirakangurira abanyarwanda gukoresha ubwiherero bwujuje ibisabwa, bakirinda kwituma ku gasozi no mu mu mashyamba n’ahandi, mu rwego rwo kwirinda ko uwo mwanda bakwirakwizwa kugasozi ushobora kuba intandaro yo ku inzoka zo munda ka teniya iyo itavuwe birangira igeze no mu bwonko. Ibi biravugwa mu gihe ubushakashatsi bwakozwe n’umuryango mpuzamahanga wita ku ubuzima WHO, ku ku […]

Rubavu: Kujya muri club yita ku isuku byabakijije amavunja n’inzoka zo munda

Bamwe mu banyeshuri biga k’urwunge rw’amashuri rwa Buhaza  giherere mu Kagari ka Buhaza  mu murenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu, nubwo bashyira mu majwi bamwe mu babyeyi bakorerera akazi mu gihugu cya repuburika iharanira demukarasi ya Congo kutita ku isuku y’abana babo bikabaviramo kurwara indwara ziturika ku mwanda zirimo amavunja n’inzoka. Inkuru mushobora kuyumva hano Aimable UWIZWYIMANA

Musanze: Abarwayi imidido hakenewe ubukangurambaga bukuraho ibihuha by’uko iterwa n’amarozi

Bamwe mubarwayi barwaye indwara y’imdidido nk’imwe mu ndwara zititaweho bavurirwa mu karere ka Musanze n’umuryango nyarwanda wita ku barwayi bi imidido, barifuza ko inzego zitandukanye mu Rwanda zirimo ni izubuzima, zishyira imbaraga mu kwigisha umuryango nyarwanda uko iyi ndwara yandura n’uburyo yirindwa, kuko magingo aya hakiri abanyarwanda bayitiranya n’amarozi bigatuma n’abayirwaye bakorerwa ihohoterwa ryo guhabwa akato. Gusa ikigo cy’igihugu cyita […]

Nyanza: Baribaza impamvu bakivoma amazi mabi kandi bitwa ko begerejwe amazi meza

Abatuye mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, Barijujutira ko nyuma yo kugezwaho amazi meza nubundi bakomeje kuvoma amazi mabi yo mubishanga n’imibande, icyibazo bavuga ko giterwa nukuba ayo mazi begerejwe akama ku uburyo basaba ko icyo kibazo cyavugutirwa umuti ku buryo burambye. Kuruhande rw’Umuyobozi w’akarere ka Nyanza NTAZINDA Erasme wunga mu ry’aba baturage ko ikibazo k’ibura ry’amazi mu […]

Guverineri w’intara y’amajyepfo arasaba abarwayi kugira isuku no kurya indyo yuzuye kuko bizabarinda indwara zitandukanye

Guverineri w’intara y’amajyepfo mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Ruhango agasura ibitaro bya Kinazi ari nabo bitaro bikuru byo muri aka karere ka Ruhango, arasaba abarwayi kugira isuku bakirinda umwanda ubundi bakihatira kurya indyo yuzuye mu rwego kugirango barusheho kugira ubuzima bw’iza. Abarwayi bari kwivuriza ku bitaro bya Kinazi biherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango indwara yo […]

Nyanza:Cyabakamyi baranenga imitangire ya Servise z’ubuvuzi ku kigonderabuzima cya Mucubira

Bamawe mu bajya kwivuriza kukigo nderabuzima cya Mucubira kiri mu murenge wa Cyabakamyi akarere ka Nyanza, barifuza ko  imitangire ya service z’ubuvuzi zitangirwa kuri iki kigo nderabuzima, binozwa ntibakomeze kujya barangaranwa n’abanganga kandi baba bagiye kwivuza bababaye. Abimvikana bashyira mu majwi abaganga bo ku kigonderabuzima cya Mucubira  kubarangarana, ni bamwe mu batuye mu murenge wa Cyabakamyi  mu karere ka Nyanza, […]

Kamonyi: Ubuke bw’abaganga butuma bategereza servise z’ubuvuzi

Bamwe mubivuriza ku kigonderabuzima cya Remera Rukoma giherereye mu mu renge wa Rukoma mukarere ka Kamonyi, baravuga ko ikibazo cy’ubucye bw’abaganga muri iki kigonderabuzima, bituma batinda kubona serivise z’ubuvuzi baba baje gusha, ibituma bifuza ko iki kigonderabuzima cyakongererwa umubare w’abaganga mu rwego rwo kunoza service zihabwa abarwayi bakigana. Ikigonderabuzima cya Remerarukoma, giherereye mu murenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi […]

Ruhango: Ababyeyi bafite imyumvire itandukanye ku rukingo rwa covid-19 rugiye guhabwa abana

Bamwe   mu babyeyi bo mu karere ka Ruhango mu murenge wa Kinazi, mugihe bafite impungenge ko nibakingiza abana babo covid-19, urukingo ruzabazahaza nkuko byabaye kubakuru bikazatuma bahagarika amasomo yabo, ku rundi ruhande hari abandi babyeyi bo muri uyu murenge bashima uburyo uru rukingo rugiye kurinda abana babo kwandura iki cyorezo cya covid-19 no kutazahazwa nacyo igihe bazaba bacyanduye. Mu kwezi […]