I kigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC, ku bubufatanye ni ihuriro ry’imiryango iteamiye kuri leta (RWANDA NGOs FORUM), baratangaza ko ku ubufatanye n’abafatanya bikorwa b’iki kigo, hari ubufasha bugenerwa abahinzi bakorera ubuhinzi mu bishanga burimo no kubaha ibinini bibavura inzoka ya “bilharziose“, na cyane ko ngo aba bahinzi baba bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi ndwara y’nzoka ya “bilharziose” cyane cyane igihe […]
RBC mu kurwanya indwara zititaweho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa abahinzi bo mu bishanga bagenerwa ubufasha bubarinda inzoka ya “bilharziose”
IBIHINGWA NDUMBURABUTAKA BIVANGWA N’INANASI
Uburumbuke bw’uutaka mu buhinzi bw’umwimerere bushobora gusigasirwa hifashishijwe ibindi bihingwa. By’umwihariko ku bahinzi b’inanasi z’umwimerere twabateguriye ikiganiro kigaruka kuri bimwe mu bihingwa bivangwa nazo, uko mwabihinga n’akamaro kazo
KURWANYA INDWARA N’IBYONNYI MU BUHINZI BW’UMWIMERERE BW’INKERI
Kimwe n’ibindi bihinwa, inkeri ni igihingwa kigira iyonnyi n’indwara zitandukanye. Haba indwara ziterwa na virusi, iziterwa na bagiteri n’iziterwa n’uduhumyo. Iyo inzi ndwara zitandukanye zibasiye iki gihingwa bigabanya umusaruro wacyo. Niyo mpamvu buri muhinzi aba ahangayikishijwe no guhangana n’indwara n’ibyonnyi. Hari uburyo bwinshi bukoreshwa rero. Muri iki kiganiro, turagaruka kuri ubwo buryo butandukanye.
IBIHINGWA BIVANGWA N’INKERI MU GUKUMIRA INDWARA N’IBYONNYI MU BUHINZI BW’UMWIMERERE BW’INKERI
Abahinzi bakora ubuhinzi bw’umwimerere bw’inkeri, bavuga ko imwe mu mmbogamizi bakunze guhura nazo ari indwara n’ibyonnyi byibasira iki gihingwa. Iki kiganiro, kirabafasha kurushaho gusobanukirwa uburyo bahangana nabyo bifashishije ibindi bihingwa bivangwa n’inkeri.
Ikoreshwa ry’amafumbire mu buhinzi bw’umwimmerere bw’inanasi
Mu buhinzi bw’umwimerere bw’inanasi, umuhinzi akenera gukoresha amafumbire kugira ngo arumbure ubutaka. Muri iki kiganiro muraza kumva uko ifumbire y’amazi, ifumbire y’imborera n’ifumbire y’ibirundo zikoreshwa mu buhinzi bw’umwimerere bw’inanasi.
Imibonekere y’ifumbire mu buhinzi bw’umwimerere
Iki kiganiro kiribanda ku ifumbire mu buhinzi bw’umwimerere. Muraza kumva uko ifumbire gihingwa iboneka ndetse n’uburyo ubuhinzi bw’umwimerere ari ubuhinzi ndumburabutaka.
Muhanga: Mu misozi ya ndiza barifuza kwegerezwa amashuli yabafite ubumuga
Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Muhanga barasaba inzego z’ubuyobozi bw’aka karere kubafasha kwegerezwa amashuli y’abafite ubumuga, kuko babona aya mashuli akenewe mu mirenge yabo N’ubwo ubuyobozi bw’Akarere bwo buvuga ko bukirimo gukora ubuvugizi kugirango haboneke abafastanyabikorwa bo gufasha gushyiraho ayo mashuri. Aba, ni Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Muhanga, barimo MASENGESHO Vicent na MUKANDORI Forodinata bakaba […]
Kayonza: Ikigo cy’igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso bya Gihanga kigiye guhugura ku gukura imirambo mumazi hirindwa gusibanganya ibimenyetso
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso bya Gihanga byifashishwa mu butabera kiratangaza ko kigiye guhugura abafite aho bahuriye no gukura abantu mu mazi barohamye cyangwa bajugunywemo kugirango kubakuramo bige bikorwa n’ababifitiye ubumenyi mu rwego rwo kwirinda ko habaho gusibanganya ibimenyetso bigaragaza ikishe uwo muntu wasanzwe mu mazi yapfuye. Ubwo hasozwaga ubukangura mbaga bwo kwigisha abayobozi b’inzego zibanze imikorere y’ Ikigo cy’ […]
Musanze: Dutemberane muri Centre Pastoral Notre Dame de Fatima, hoteli ihanzwe amaso muri CHOGM
Iyi Hotel, iri mu bilometero 96 uvuye i Kigali, 25 uvuye ku mupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda no mu bilometero 46 uvuye mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Centre Pastoral Notre Dame de Fatima Hotel, usibye kuba iri mu mahumbezi yo kuba mu nkengero za Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, ifite umwihariko wo gutanga […]
Abafite Imirima mu kabande ka Bahimba kari mu kagari ka Mpanda umurenge wa Byimana akarere ka Ruhango, barasaba ubuyobozi kubakemurira ikibazo cy’abantu bahacukuura bashakamo amabuye y’agaciro
bamwe mu batuye mu kagari ka Mpanda ko mu murenge wa Byimana wo mu karere ka Ruhango, bari mu bafite Imirima mu kabande ka Bahimba gahuriweho n’umudugudu wa kigina, uwa Nyaburondwe ndetse n’uwa mpanda yose ibarizwa mu kagari ka Mpanda. Aha, bakaba bumvikana bavuga ko bahangayikishijwe n’iKibazo cy’abantu batazwi imyirondoro bakomeje kawangiza aka kabande bagacukuramo amabuye y’agaciro ari […]