Abaganga b’inzobere bagiye kubaga no kuvura indwara z’abagore

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko kuva kuri uyu wa Gatanu buzakira itsinda ry’abaganga baturutse mu Budage n’u Bwongereza bazavura indwara zitandukanye z’abagore. Ibi bikorwa biteganyijwe hagati ya tariki 21-30 Mata 2022, ku Bitaro bya Nyarugenge biherereye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. Inzobere z’abaganga 12 ziturutse muri ibyo bihugu ni zo zizaba ziri kuri ibi […]