Ngororero: Abafite ubumuga bwo mu mutwe baracyahabwa akato

Bamwe mubatuye Umurenge wa Kageyo umwe mu mirenge y’akarere Ka Ngororero ikora ku ishyamba rya gishwati, baravuga ko hari bamwe muri bagenzi babo bagifite imyimvure yo kumva ko ufite ubumuga bwo mu mutwe ntacyo amaze mu muryango ahubwo ari uwo kuwuteza ibibazo birimo no kwangiza ibintu, ibintu bavuga bahereye ku kuba abafite ubumuga bwo mu mutwe, ngo usanga ntakindi babasha […]

Muhanga: Aba motari bagiye kwegerezwa moto zikoresha amashanyarazi.

Bamwe mu ba motari bakorera umwuga wo gutwara abagenzi mu karere ka muhanga bavuga ko moto zikoreshwa numuriro wamashanyarazi zigiye gutangira gukoreshwa mu karere ka muhanga zizahindura byinshi mu mwuga wabo w’ubumotari. Niyomukiza Carine ni umwe mubasanzwe batwara abagenzi kuri moto,umwuga akorera mukarere ka Muhanga,we na Niwemahoro Odile bahimba Jay Paul bavuga ko ubusanzwe gutwara abantu kuri moto bitarimo kuborohera […]

Muhanga: Abafite ubumuga bashyiriweho  uburyo bwo kwerekana impano zabo.

Kuri uyu wakane tariki16Gicurasi 2024 bamwe mubafite ubumuga bo mu karere ka Muhanga, baravuga ko umushinga ubufatanye program ugiye kuba igisubizo kuri bamwe muribo bafite impano zitandukanye zirimo izo gukina amakinamico n’ama film, kuko hari bagenzi babo batabashaga kubona uko bagaragaza impano bifitemo. Mu gikorwa cyo gufungura kumugaragaro umushinga ubufatanye program mu karere ka Muhanga,Bamwe mu bafite ubumuga bo muri […]

Huye: Mu murenge wa Kinazi aho bashyinguraga ababo bapfuye bahahaye abasirikare none ubu baritwikira ijoro bajya gushyingura ahatamewe n’amategeko.

Abatuye mutugali twa Byinza na Gitovu mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye, nibo bumvikana basaba ko bahabwa irimbi rusange nyuma yuko iryo bashyinguragamo ubu butaka bwahawe abasirikare, ku uburyo n’aho baberetse bajya bashyingura babaca amafaranga ibihumbi 50 igiciro bavuga ko kiri hejuru ugereranije n’amikoro yabo, ibituma ngo hari igihe ubu abaturage bitwikira ijoro bakajya gushyingura ababo ahatemewe n’amategeko, […]

Ngororero: Abatuye umurenge wa kagero baracyafite imyumvire yo guheza abafite ubumuga bwo mu mutwe

Bamwe mubatuye Umurenge wa Kageyo umwe mu mirenge y’akarere Ka Ngororero ikora ku ishyamba rya gishwati, baravuga ko hari bamwe muri bagenzi babo bagifite imyimire yo kumva ko ufite ubumuga bwo mu mutwe ntacyo amaze mu muryango ahubwo ari uwo kuwuteza ibibazo birimo no kwangiza ibintu, ibintu bavuga bahereye ku kuba abafite ubumuga bwo mu mutwe, ngo usanga ntakindi babasha […]

Nyaruguru: Abahinzi b’icyayi barifuza gufashwa kubona imihanda imodoka zifashisha zitwara umusaruro wabo

Bamwe mubahinzi bicyayi bo mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruuru, nubwo bavuga ko nyuma yo kwitabira ubuhinzi bwicyayi hari ibyahindutse mu mibereho yabo yari yuzuyemo gutungwa no kujya guca incuro, baranagaragaza imbogamizi z’imihanda idakoze itaborohereza kugeza umusaruro wabo  ku ikusanyirizo aho imodoka ziza kuwutwara. Bamwe mubahinzi bicyayi babarizwa mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruguru, nibo bumvikana […]

Nyaruguru: Umuryango wararanaga n’amatungo wafashijwe gusohoka muri iki kibazo

Umuryango wa Nkurunziza damascene na mukeshimana Therese ubarizwa mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru. Mu cyumweru cyahariwe umujyanama n’umufatanyabikorwa , nyuma yo gusurwa n’abajyanama hamwe n’abafatanya bikorwa b’akarere ka Nyaruguru, uyu muryango uravuga ko nyuma yo gufashwa kuvugurura inzu babagamo yari imeze nka nyakatsi kuri ubu watandukanye ni ikibazo cyo kurarana n’amatungo wasangaga kibatera indwara zituruka ku mwanda. […]

Ruhango: Urubyiriko nyuma yo gukurwa mu bushomera ruri gukora imirimo iruteza imbere

Bamwe mu Rubyiruko rwo mu karere ka Ruhango rukora Imirimo yo gusana Imihanda yeguriwe Compani z’urubyiruko, baravuga ko nyuma yuko babonye ako kazi bakava mu bushomeri bwari bubugarije,  biturutse kuri iyo mirimo bahawe, ubu batangiye kugera kubikorwa biri kubasha kwiteza imbere. Abarimo bamwe mu Rubyiruko rwo mu mirenge umunani yakarere ka Ruhango, Ikoreramo kampani zurubyiruko zeguriwe imirimo yo gusana , […]

Nyagatare: Kutagira amakuru ahagije ku ubuvuzi bwo kurumwa n’inzoka bituma iyo bariwe nazo bajya kwivuza mu bagombozi

Bamawe mubatuye akarere ka Nyagatare mu murenge wa Nyamirama mu ntara y’uburasiraziba, baravuga ko kuba nta makuru bafite y’uko kwa muganga bafite ubushobozi bwo kuvura umuntu wariwe n’inzoka, bituma bagana abagombozi usanga rimwe na rimwe kubera kubavura gakonda badakira burundu, ibituma bifuza ko inzego z’ubuzima zishyira imbaraga mu gutanga amakuru ahagije ku kuba kwa muganga bavura uwariwe n’inzoka. Umukozi mu […]

Nyaruguru: Abanyamuryango ba FPR barasabwa gusigasira ibyagezweho bizamura iterambere ryabo

Abanyamuryango ba RPF inkotanyi mu karere ka Nyaruguru, barasabwa n’ubuyobozi bw’aka karere, kurinda no gusigasira ibyagezweho, kugirango bikomeze bizamure iterambere ryabo. Umbwo bizihizaga isabukur y’imyaka 35 umuryango wa RPF Inkotanyi umaze, bamwe mu banyamuryango b’umuryango wa RPF Inkotanyi bo mu karere ka Nyaruguru mu ntara y’amajyepfo, baravuga ko uburyo uyu muryango wa FPR wazamuye imibereho yabo haba mu buzima, mu […]