Ngororero: Abatuye umurenge wa kagero baracyafite imyumvire yo guheza abafite ubumuga bwo mu mutwe

Bamwe mubatuye Umurenge wa Kageyo umwe mu mirenge y’akarere Ka Ngororero ikora ku ishyamba rya gishwati, baravuga ko hari bamwe muri bagenzi babo bagifite imyimire yo kumva ko ufite ubumuga bwo mu mutwe ntacyo amaze mu muryango ahubwo ari uwo kuwuteza ibibazo birimo no kwangiza ibintu, ibintu bavuga bahereye ku kuba abafite ubumuga bwo mu mutwe, ngo usanga ntakindi babasha […]

Nyaruguru: Abahinzi b’icyayi barifuza gufashwa kubona imihanda imodoka zifashisha zitwara umusaruro wabo

Bamwe mubahinzi bicyayi bo mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruuru, nubwo bavuga ko nyuma yo kwitabira ubuhinzi bwicyayi hari ibyahindutse mu mibereho yabo yari yuzuyemo gutungwa no kujya guca incuro, baranagaragaza imbogamizi z’imihanda idakoze itaborohereza kugeza umusaruro wabo  ku ikusanyirizo aho imodoka ziza kuwutwara. Bamwe mubahinzi bicyayi babarizwa mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruguru, nibo bumvikana […]

Nyaruguru: Umuryango wararanaga n’amatungo wafashijwe gusohoka muri iki kibazo

Umuryango wa Nkurunziza damascene na mukeshimana Therese ubarizwa mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru. Mu cyumweru cyahariwe umujyanama n’umufatanyabikorwa , nyuma yo gusurwa n’abajyanama hamwe n’abafatanya bikorwa b’akarere ka Nyaruguru, uyu muryango uravuga ko nyuma yo gufashwa kuvugurura inzu babagamo yari imeze nka nyakatsi kuri ubu watandukanye ni ikibazo cyo kurarana n’amatungo wasangaga kibatera indwara zituruka ku mwanda. […]

Ruhango: Urubyiriko nyuma yo gukurwa mu bushomera ruri gukora imirimo iruteza imbere

Bamwe mu Rubyiruko rwo mu karere ka Ruhango rukora Imirimo yo gusana Imihanda yeguriwe Compani z’urubyiruko, baravuga ko nyuma yuko babonye ako kazi bakava mu bushomeri bwari bubugarije,  biturutse kuri iyo mirimo bahawe, ubu batangiye kugera kubikorwa biri kubasha kwiteza imbere. Abarimo bamwe mu Rubyiruko rwo mu mirenge umunani yakarere ka Ruhango, Ikoreramo kampani zurubyiruko zeguriwe imirimo yo gusana , […]

Nyagatare: Kutagira amakuru ahagije ku ubuvuzi bwo kurumwa n’inzoka bituma iyo bariwe nazo bajya kwivuza mu bagombozi

Bamawe mubatuye akarere ka Nyagatare mu murenge wa Nyamirama mu ntara y’uburasiraziba, baravuga ko kuba nta makuru bafite y’uko kwa muganga bafite ubushobozi bwo kuvura umuntu wariwe n’inzoka, bituma bagana abagombozi usanga rimwe na rimwe kubera kubavura gakonda badakira burundu, ibituma bifuza ko inzego z’ubuzima zishyira imbaraga mu gutanga amakuru ahagije ku kuba kwa muganga bavura uwariwe n’inzoka. Umukozi mu […]

Nyaruguru: Abanyamuryango ba FPR barasabwa gusigasira ibyagezweho bizamura iterambere ryabo

Abanyamuryango ba RPF inkotanyi mu karere ka Nyaruguru, barasabwa n’ubuyobozi bw’aka karere, kurinda no gusigasira ibyagezweho, kugirango bikomeze bizamure iterambere ryabo. Umbwo bizihizaga isabukur y’imyaka 35 umuryango wa RPF Inkotanyi umaze, bamwe mu banyamuryango b’umuryango wa RPF Inkotanyi bo mu karere ka Nyaruguru mu ntara y’amajyepfo, baravuga ko uburyo uyu muryango wa FPR wazamuye imibereho yabo haba mu buzima, mu […]

RBC mu kurwanya indwara zititaweho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa abahinzi bo mu bishanga bagenerwa ubufasha bubarinda inzoka ya “bilharziose”

I kigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC, ku bubufatanye ni ihuriro ry’imiryango iteamiye kuri leta (RWANDA NGOs FORUM), baratangaza ko ku ubufatanye n’abafatanya bikorwa b’iki kigo, hari ubufasha bugenerwa abahinzi bakorera ubuhinzi mu bishanga burimo no kubaha  ibinini bibavura inzoka ya “bilharziose“, na cyane ko ngo aba bahinzi baba bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi ndwara y’nzoka ya “bilharziose” cyane cyane igihe […]

Muhanga : Nyamabuye urubyiruko rushoje urugerero amasomo rwigiye mu rugerero agiye kurufasha kwinjira mu buzima ngo butari ubw’ishuri

Nyuma y’amezi atatu bakora urugerero rw’inkomezabigwi icyiciro cya 10,bamwe murubyiruko rwo mukarere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye baravuga ko muri aya mezi uko ari atatu bize byinshi bizabafasha no mubuzima bwabo bushya bagiye kwerekezamo. Kuruhande rwa Nshimiyimana Jean Claude umunyamabanga nshingwabikorwa wuyu murenge wa Nyamabuye, akaba avuga ko nk’umurenge ubarirwa mumugi wa Muhana bitari byoroshye kubonera urubyiruko hamwe gusa […]

Nyanza: Baribaza impamvu bakivoma amazi mabi kandi bitwa ko begerejwe amazi meza

Abatuye mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, Barijujutira ko nyuma yo kugezwaho amazi meza nubundi bakomeje kuvoma amazi mabi yo mubishanga n’imibande, icyibazo bavuga ko giterwa nukuba ayo mazi begerejwe akama ku uburyo basaba ko icyo kibazo cyavugutirwa umuti ku buryo burambye. Kuruhande rw’Umuyobozi w’akarere ka Nyanza NTAZINDA Erasme wunga mu ry’aba baturage ko ikibazo k’ibura ry’amazi mu […]

Amajyepfo: Abikorera bo mu ntara bitabiriye imurikagurisha barizezwa n’ubuyobozi bw’Intara ko batazongera guhura n’imbogamzi bahuye nazo.

Ubuyobozi bw’intara y’amagepfo burizeza abikorera bo muri iyi ntara ko bugiye kwicarana nabategura imurikagurisha, bagashakira hamwe umuti w’ibibazo byagaragajwe mu gutegura iryashojwe, byatumye abikorera baryitabiriye binubira uburyo bakoreye mu gihombo ku uburyo bitazongera kubaho ubutaha. Bimwe mu bibazo bigaragazwa n’abikorera bitabiriye imurikagurisha ryateguwe n’intara y’amajyepfo rikabere mu karere ka Muhanga, bigatuma ritabagendekera neza, ikiza ku isonga ngo n’ikibazo cy’uko abariteguye […]