Nyaruguru: Urubyiriko rukorera mu ruganda rutunganya kawa birigutuma rutishora mu ngesombi

Bamawe mu urubyiruko rwabakobwa bakorera imirimo mu uruganda rwa Kawa ruherereye mu murenge wa Cyahinda mu karere ka Nyaruguru baravuga ko kuba bakora muri uru ruganda biri gutuma bikemurira ibibazo badategereje gusaba ndetse bikanabarinda kugera kudusantere bahuriramo nababashuka kuko ngo akazi kabo gatangira samoya za mugitondo kakagera sakumi nimwe zumugoroba. Bamwe mubakobwa bari mu kiciro cyurubyiruko twasanze mu ruganda rutunganya […]

Nyaruguru: Abahinzi b’icyayi barifuza gufashwa kubona imihanda imodoka zifashisha zitwara umusaruro wabo

Bamwe mubahinzi bicyayi bo mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruuru, nubwo bavuga ko nyuma yo kwitabira ubuhinzi bwicyayi hari ibyahindutse mu mibereho yabo yari yuzuyemo gutungwa no kujya guca incuro, baranagaragaza imbogamizi z’imihanda idakoze itaborohereza kugeza umusaruro wabo  ku ikusanyirizo aho imodoka ziza kuwutwara. Bamwe mubahinzi bicyayi babarizwa mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruguru, nibo bumvikana […]

Nyanza: Umuryango wa Never again Rwanda uri guhuza Abayobozi n’abatuye akarere ka Nyanza ku bibazo by’igwingira n’imirire mibi ku bana

Umuryango  Never again Rwanda ishami rikorera mu karere ka nyanza, uravuga ko mu buryo bwo kurwanya ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi mu bana, wafashe ingamba zo guhuza abaturage bo mu Kagali ka Kavumu mu murenge wa Busasamana n’ubuyobozi bw’akarere kabo ka Nyanza kugirango bungurane ibitekerezo mu rwego rwo gucyemura icyo kibazo mu buryo burambye. Bamwe abyeyi bo mu kagari ka Kavumu […]

Nyaruguru: Umuryango wararanaga n’amatungo wafashijwe gusohoka muri iki kibazo

Umuryango wa Nkurunziza damascene na mukeshimana Therese ubarizwa mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru. Mu cyumweru cyahariwe umujyanama n’umufatanyabikorwa , nyuma yo gusurwa n’abajyanama hamwe n’abafatanya bikorwa b’akarere ka Nyaruguru, uyu muryango uravuga ko nyuma yo gufashwa kuvugurura inzu babagamo yari imeze nka nyakatsi kuri ubu watandukanye ni ikibazo cyo kurarana n’amatungo wasangaga kibatera indwara zituruka ku mwanda. […]

Ruhango: Urubyiriko nyuma yo gukurwa mu bushomera ruri gukora imirimo iruteza imbere

Bamwe mu Rubyiruko rwo mu karere ka Ruhango rukora Imirimo yo gusana Imihanda yeguriwe Compani z’urubyiruko, baravuga ko nyuma yuko babonye ako kazi bakava mu bushomeri bwari bubugarije,  biturutse kuri iyo mirimo bahawe, ubu batangiye kugera kubikorwa biri kubasha kwiteza imbere. Abarimo bamwe mu Rubyiruko rwo mu mirenge umunani yakarere ka Ruhango, Ikoreramo kampani zurubyiruko zeguriwe imirimo yo gusana , […]