Nyanza: Umuryango wa Never again Rwanda uri guhuza Abayobozi n’abatuye akarere ka Nyanza ku bibazo by’igwingira n’imirire mibi ku bana

Umuryango  Never again Rwanda ishami rikorera mu karere ka nyanza, uravuga ko mu buryo bwo kurwanya ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi mu bana, wafashe ingamba zo guhuza abaturage bo mu Kagali ka Kavumu mu murenge wa Busasamana n’ubuyobozi bw’akarere kabo ka Nyanza kugirango bungurane ibitekerezo mu rwego rwo gucyemura icyo kibazo mu buryo burambye. Bamwe abyeyi bo mu kagari ka Kavumu […]

Nyaruguru: Abanyamuryango ba FPR barasabwa gusigasira ibyagezweho bizamura iterambere ryabo

Abanyamuryango ba RPF inkotanyi mu karere ka Nyaruguru, barasabwa n’ubuyobozi bw’aka karere, kurinda no gusigasira ibyagezweho, kugirango bikomeze bizamure iterambere ryabo. Umbwo bizihizaga isabukur y’imyaka 35 umuryango wa RPF Inkotanyi umaze, bamwe mu banyamuryango b’umuryango wa RPF Inkotanyi bo mu karere ka Nyaruguru mu ntara y’amajyepfo, baravuga ko uburyo uyu muryango wa FPR wazamuye imibereho yabo haba mu buzima, mu […]

Muhanga : Abayobozi n’abikorera barasabwa kongera imbaraga muri serivice batanga bakira neza abaje babagana

Abayobozi munzego zitandukanye mu karere ka Muhanga barasabwa kujya kwakira abaturage baje babagana neza, aho kubacunaguza ndetse bakajya bumva ko igihe cyose abakoresha babo ari abaturage, ibi bikaba ngo ari mu rwego rwo gukomeza gushyira mu bikorwa  gahunda ya leta ivuga ko mu mwaka wa 2024 abanyarwanda bazaba bishimira serivise bahabwa ku kigero cya 90%. Mu nama nyungurana bitkerezo y’akarere […]

Gicumbi: Baravuga ko igiti ari ingirakamaro mu buzima bwabo bwa buri munsi

Bamwe mu batuye mu karere ka Gicumbi baravuga ko igiti ari ingira kamaro nyuma yaho ubuyoyobozi bw’intara yamajyaruguru na komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu bifatanyije mugikorwa cyo gutera ibiti no gusazura amashyamba. Ubuyobozi  bwo burabasaba abahatuye kwita kubiti n’ibidukikije muri rusange bakomeza gutera ibiti bahereye kubyo bateye muri uyu muganda wasozaga ukwezi ku ugushyingo. Aha N’imugikorwa cyo gutera ibiti no […]

Kamonyi: Gitifu yamuhaye umwaka utaha wa 2023 mu kwagatandatu ko ariho azamurangiriza urubanza Meya ati ntibishoboka!

Umusaza Mpakaniye Francois utuye mu murenge wa Musambira mugihe amaze imyaka isaga irindwi asiragira mu buyobozi bw’umurenge wa Musambira abusaba kumurangiriza urubanza yatsinze mu mwaka wa 2015, ubwo yaburanaga isambu, noneho kuriiyi nshuro Gitifu wa Musambira bigeze aho amubwira gutereza mu kwa gatandatu k’umwaka utaha wa 2023, nubwo umuyobozi w’akarere ka kamonyi we avuga ko nta narimwe umuturage akwiye gusiragizwa […]

Guverineri w’intara y’amajyepfo arasaba abarwayi kugira isuku no kurya indyo yuzuye kuko bizabarinda indwara zitandukanye

Guverineri w’intara y’amajyepfo mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Ruhango agasura ibitaro bya Kinazi ari nabo bitaro bikuru byo muri aka karere ka Ruhango, arasaba abarwayi kugira isuku bakirinda umwanda ubundi bakihatira kurya indyo yuzuye mu rwego kugirango barusheho kugira ubuzima bw’iza. Abarwayi bari kwivuriza ku bitaro bya Kinazi biherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango indwara yo […]

Perezida Paul KAGAME arasaba minisitri Jean Claude Musabyimana gukorera abanyarwanda

Mu muhango wo kwakira indahiro ya Minisitri ugiye kuyobora minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, Perezida wa repuburika Paul KAGAME, arasaba minisitri Jean Claude Musabyimana gukorera abanyarwanda bitari mu magambo gusa, ibi akaba Perezida abimusabye nyuma yo kwakira indahiro ye yo kuba agiye gusimbura GATABAZI J.M.V ku kuyobora IYI minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu. Mu muhango wo kwakira indahiro ya minisitiri mushya ugiye kuyobora minisiteri […]

Muhanga: Abahinzi ntibizeye kubona ibikoresho bavomereza imyaka mugihe imvura ikomeje kuba nkeya

Bamwe mubahinzi bo mu karere ka Muhanga umurenge wa Cyeza, ubwo bitanayaga n’Ubuyoyobozi bw’akarere ka Muhanga mu gutangiza gahunda yo kubaha ifumbire bahawe kuri nkunganire ya 100% mun rwego rwo kubafasha kongera umusaruro, bakaba bagaragariza ubuyobozi bwabo ibibazo birimo kubura ibikoresho byo kuvomereza imyaka yabo muri iki gihe imvura ikomeje kuba nkeya. Mugikorwa cyo gufata ifumbire yo guteza ibighori mu […]

Ngororero: Umuvunyi arasaba abayobozi gukemura ibibazo by’abaturage bidategereje ubuyobozi bwo hejuru

Abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka ngororero barasabwa kujya bacyemura ibibazo by’abaturage kugihe, batarindiriye ko ubuyobozi bwo hejuru bumanuka bukaba aribwo bubicyemura, na cyane ko haribyo bwakira byakabaye byaracyemukiye munzego zo hasi. Mukarere ka ngororero, abaturage bo mumirenge itandukanye bahuriye kuri stade ya Rususa, IHEREREYE MU MURENGE WA Ngororero aho bagaragazaga ibibazo bafite bitandukanye babigaragariza ubuyobozi bw’umuvunyi ndetse n’ubw’akarere kugirango […]

Ruhango: Amaze imyaka isaga 28 atagira icyangombwa kimuranga kubera kutandikishwa mu irangamimerere

Umusore witwa MUSINGIZE Emmanuel ubarizwa mu mudugudu w’i Pate mu kagali  ka Mwendo Umurenge wa Mbuye akarere ka Ruhango, kuri ubu utagira icyangombwa nakimwe kimuranga, arasaba ubuyobozi bw’umurenge kumworohereza akabona serivisi z’iranga mimerere, kuko ngo nyina wakabaye yaramwandikishije mu iranga mimerere yabyanze ndetse kuri ubu yamaze kumuta akigendera akaba atazi n’aho yamaze kwerekeza.   Umusore witwa Musingize Emmanuel ubarizwa mu […]