Abayobozi b’inzego zibanze mu ntara y’amajyepfo barasabwa umusanzu mu  kunoza neza ibikorwa  byose bigamije gutegura Amatora.

Kuwa kabiri 16 Gicurasi 2024 Abayobozi b’inzego z’ibanze mu ntara y’amajyepfo barasabwa  umusanzu na komisiyo y’igihugu y’amatora kugira uruhare mu kunoza ibikorwa byose bigamije gutegura amatora kugira ngo amatora azagende neza nta nkomyi. Mu kugaragariza ubuyobozi bw’intara y’amajyepfo ibyavuye mu gikorwa cyo kugenzura imiterere y’ibiro by’itora no kureba ibibazo bishobora kubangamira ibikorwa by’amatora, harimo ikibazo cy’Imihanda ijya kubiro by’itora yangiritse […]

Ngororero: Abafatanyabikorwa bihaye umukoro wo kurandura igwingira ry’abana

Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Ngororore JADF Isangano baratangaza ko biyemej kurandura igwingira mu bana, barushaho kwigisha abaturage kuko ibyo kurya byo bihari. Ibyo kurandura igwingira ry’abana mu karere ka Ngororero  abafatanya bikorwa b’aka karere  bakaba babitangarije mu gikorwa cy’imirukabikorwa ryari rimaze iminsi itatu, rikaba  ryashojwe kuri uyu wakane tariki ya 9  Gicurasi 2024, aho Umuyobozi w’iri huriro ry’aba […]

Nyanza: Abahinzi bahinga mu gishanga cya Mwogo bafite igihombo baterwa niyangirika ryiki gishanga

Bamwe mu bahinzi bakorera ubuhinzi bwabo mu gishanga cya Mwogo giherereye hagati y’imirenge ya Rwabicuma na Nyagisozi yo mu karere ka Nyanza, baravuga ko imyaka irenze 4 bategereje gutunganyirizwa iki gishanga none amaso akaba yaraheze mukirere, ariko ngo byahumiye kumurari aho ngo haje ibirombe bicukura amabuye y’agaciro none itaka ryose risigaye rimanukira mumirima yabo kandi ngo iyo ibi bitaka bigeze […]

Urubyiruko ruri mu buhinzi ruhamya ko ruzungukira mu ikoranabuhanga ryo gukoresha imbuto zihinduriwe uturemangingo

Mugihe abari mu mwuga buhinzi bavugako bahura n’ibibazo bijyanye n’igabanuka ry’umusaruro ritewe n’ibintu binyuranye harimo kuba imyaka yibasirwa n’indwara ndetse n’ibyonnyi hakiyongeraho ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere n’ibiza;Abashakashatsi n’abandi bafite inshingano mu kuzamura ubuhinzi bemeza ko ikoranabuhanga rikenewe mu guhangana n’ibyo bibazo harimo n’ibihingwa bihinduriwe uturemangingo. Uru rubyiruko rwemezako ubuhinzi bukeneye  iryo  koranabuhanga rituma umusaruro wiyongera kuko abakeneye ibiribwa biyongera mugihe ubutaka […]

Rwanda : Uruhare rw’urubyiruko mu ikoranabuhanga mu buhinzi

Ikigo cy’igihugu cy’iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB kirashishikariza urubyiruko kwitabira ubuhinzi bukoresha ikoranabuhanga by’umwihariko kugira ubumenyi ku miterere y’imbuto zivuguruye bishingiye ku turemangingo twazo mu rwego rwo gutanga umusanzu wabo mu kuzamura umusaruro w’ubuhinzi.   Kugirango ubuhinzi n’ubworozi bubashe gutanga umusaruro hakenewemo ikoranabuhanga mu rwego rwo gutuma ibibazo bituma igipimo cy’umusaruro ku gihingwa kitagerwaho bibonerwe umuti . “Ubuhinzi burambye bukeneye ko […]

Rwanda: ikoranabuhanga mu mbuto mu kuzamura umusaruro w’imyumbati

    MugIhe bamwe mu bahinzi bavugako hari ukugabanuka k’umusaruro w’imyumbati,abashakashatsi bo bemezako ikoranabuhanga harimo no guteza imbere ikoreshwa rya GMO byafasha mu gukemura icyo kibazo Matabaro david n’umuhinzi w’imyumbati wabigize umwuga mu karere ka Ruhang,avugako hagenda hagaragara umusaruro muke kubera abahinzi bapfa guhinga imbuto babonye, imyumvire  ndetse ni indwara za hato na hato zibasira icyo gihingwa.; akavugako ikoranabuganga mu […]

Ruhango: Ruhango Barashima Perezida wa Repuburika n’abafatanya bikorwa bafatanyije gutera ibiti mu mayaga kuri ubu akaba atoshye

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango burasaba abatuye aka karere cyane cyane batuye mu gice cy’amayaga, gushimira umukuru w’igihugu n’abafatanyabikorwa bafatanyije nawe mu gufasha abaturage gutera ibiti muri iki gice cy’amayaga kuri ubu akaba atoshye nyamara yarahoze ari ubutaye burwangwa ni izuba ryinshi nimiyaga yatwaraga ibisenge by’amazu. Mu marushanwa y’umupira w’amaguru ryateguwe n’umushinga Green Amayaga, ndetse muri aya marushanwa abatuye umurenge wa […]

Nyaruguru: Abahinzi b’icyayi barifuza gufashwa kubona imihanda imodoka zifashisha zitwara umusaruro wabo

Bamwe mubahinzi bicyayi bo mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruuru, nubwo bavuga ko nyuma yo kwitabira ubuhinzi bwicyayi hari ibyahindutse mu mibereho yabo yari yuzuyemo gutungwa no kujya guca incuro, baranagaragaza imbogamizi z’imihanda idakoze itaborohereza kugeza umusaruro wabo  ku ikusanyirizo aho imodoka ziza kuwutwara. Bamwe mubahinzi bicyayi babarizwa mu murenge wa Munini mu karere ka Nyaruguru, nibo bumvikana […]

Gicumbi: Abahinzi b’igihingwa cy’ibirayi barifuza ibiti byo ku rwanya isuri mu mirima yabo

Bamwe mu bahinzi bibumbiye muri Koperative Kotemika ikorera ubutubuzi bw’imbuto y’ibirayi mu murenge wa Kaniga mu karere ka Gicumbi, Baravuga ko n’ubwo bahawe ubufasha n’umushinga Green Gicumbi bwo kubona ’imbuto nziza y’igihingwa cy’ibirayi barimo gutuburira mu mirima yabo y’amaterase y’ikora, ariko banakeneye guhabwa ubufasha bw’ibiti byo gutera ku mirima yabo kugirango barusheho guhangana n’ikibazo cy’isuri yangiza imyaka. Abahinzi bagera kuri […]

Gicumbi: Baravuga ko igiti ari ingirakamaro mu buzima bwabo bwa buri munsi

Bamwe mu batuye mu karere ka Gicumbi baravuga ko igiti ari ingira kamaro nyuma yaho ubuyoyobozi bw’intara yamajyaruguru na komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu bifatanyije mugikorwa cyo gutera ibiti no gusazura amashyamba. Ubuyobozi  bwo burabasaba abahatuye kwita kubiti n’ibidukikije muri rusange bakomeza gutera ibiti bahereye kubyo bateye muri uyu muganda wasozaga ukwezi ku ugushyingo. Aha N’imugikorwa cyo gutera ibiti no […]