Kamonyi: G S Ruramba barasabaababbyeyi gukomeza kwigisha abarangije amashuri y’incuke bitegura kujya mu wambere w’amashuri abanza

  Ubuyobozi bw’inama y’Ababyeyi barerera ku ishuri rya GS Ruramba riherereye mu murenge wa Rugalika mu karere ka Kamonyi, hamwe n’ubuyobozi bw’akagali ka Masaka barasaba ababyeyi bafite abana barangije mu mwaka wa gatatu w’ikiciro cy’amashuri y’incuke, gukomeza kubitaho babafasha muri iki gihe kibiruhuklo kugirango bazabashe gutangira umwaka wa mbere umwaka utaha badasubiye inyuma. Aba nibamwe mu bana barangije umwaka wa […]

Ruhango: Ruhango Barashima Perezida wa Repuburika n’abafatanya bikorwa bafatanyije gutera ibiti mu mayaga kuri ubu akaba atoshye

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango burasaba abatuye aka karere cyane cyane batuye mu gice cy’amayaga, gushimira umukuru w’igihugu n’abafatanyabikorwa bafatanyije nawe mu gufasha abaturage gutera ibiti muri iki gice cy’amayaga kuri ubu akaba atoshye nyamara yarahoze ari ubutaye burwangwa ni izuba ryinshi nimiyaga yatwaraga ibisenge by’amazu. Mu marushanwa y’umupira w’amaguru ryateguwe n’umushinga Green Amayaga, ndetse muri aya marushanwa abatuye umurenge wa […]

Muahanga : Kabgayi uburere buhamye bwubakiye ku nzego eshatu musenyeri Simaragde MBONYINTEGE

Umushumba wa Diyoseze ya Kabgayi uri mu kiruhuko cy’izabukuru, aravuga ko uburere buhamye butagerwaho mugihe hatabayego ubufatanye bw’abana, ubw’ababyeyi ndetse n’ubwinzego z’ibigo by’amashuri, ku uburyo yifuza ko izi nzego eshatu zikwiye gufatanyiruza hamwe mu uburere buhamye. NAYITURIKI Benjamin, ni umunyeshuri uhagarariye abandi mu kigo cy’amashuri cya Mari reine Kabgayi giherereye mu murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga. Ubwo iki […]