Kabgayi: Umushumba wa Dioseze ya Kabgayi arasaba abakristu kujyanisha isengesho no gukora bakiteza imbere

Ubwo hatahagwa inyubako ebyiri z’amagorofa za diyoseze ya Kabgayi zuzuye mu mugi wa Muhanga, Musenyeri Barthazard NTIVUGURUZWA umushumba wa diyoseze ya Kabgayi, arasaba abatuye akarere ka Muahaga byumwihariko abakristu muri rusange kujyanisha ijambo ry’Imana bigishwa n’umurimo. Umuyobozi w’abikorera bo mu karere ka Muhanga Kimonyo Juvenal, aravuga uruhare rwa Kiliziya Gatolika byumwihariko Diyoseze ya Kabgayi, igira mu bikorwa bitandukanye birimo ni […]

Ibitekerezo bya ba rwiyemezamirimo mu buhinzi ku bihingwa bihinduriwe uturemangingi ( GMO crops)

Abakora ubuhinzi, cyane urubyiruko rwize iby’ubuhinzi , bakaba na ba rwiyemezamirimo mu buhinzi, barabona impamvu zinyuranye ku mikoreshereze y’ibihingwa bihinduriwe uturemangingo. Ni mu kiganiro kirambuye bagirannye na Radio Huguka; Nyuma yo guhugurwa n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere ry’ubuhinzi RAB mu mushinga OFAB uteza imere iryo koranabuhanga ( Biotechnology).     Florentine Mukarubayiza Ikiganiro kirambuye:

Urubyiruko ruri mu buhinzi ruhamya ko ruzungukira mu ikoranabuhanga ryo gukoresha imbuto zihinduriwe uturemangingo

Mugihe abari mu mwuga buhinzi bavugako bahura n’ibibazo bijyanye n’igabanuka ry’umusaruro ritewe n’ibintu binyuranye harimo kuba imyaka yibasirwa n’indwara ndetse n’ibyonnyi hakiyongeraho ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere n’ibiza;Abashakashatsi n’abandi bafite inshingano mu kuzamura ubuhinzi bemeza ko ikoranabuhanga rikenewe mu guhangana n’ibyo bibazo harimo n’ibihingwa bihinduriwe uturemangingo. Uru rubyiruko rwemezako ubuhinzi bukeneye  iryo  koranabuhanga rituma umusaruro wiyongera kuko abakeneye ibiribwa biyongera mugihe ubutaka […]

Nyamagabe: Munyaneza Gregory nubwo afite ubumuga ntibimubuza kuba haribyo akora adateze amaboko

Munyaneza gregory   utuye umudugudu wa nyabisindu mu akagari ka nyanza murenge wa cyanika ufite ubumuga bwingingo zamaguru yombi aravuga ko “nubwo hari intambwe amaze gutera agana inzira yo kwiteza imbere, arakomeza asaba abanyarwanda kujya baba hafi yabafite ubumuga aho  kubita amazina abaca intege, ndetse n’ubuyobozi bugafasha guhugura abafite ibyo bakora  bafite ubumuga no gutera inkunga abafite ubumuga bafite imishinga ikeneye […]

Nyanza: Abafite ubumuga bwo kutabona baravuga ko bafite imbogamizi yo kutabasha gukoreha Telefone zinjira mu gihugu

Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bo mu karere ka Nyanza mu ntara y’amajyepfo, bavuga ko n’ubwo hari aho u Rwanda rugeze  mu iterambere ryo gukoresha ikoranabuhanga cyane cyane irya Telefone, kuribo bafite imbogamizi zo kuba ku isoko mu gihugu nta Telefone zihari abafitye ubumuga bwo kutabona bashobora gukoresha. Bavuga ko bifuza ko hakwiye gushyirwaho gahunda ya Telefone zinjira mu […]

Rwanda: Hakomeje kugaragara abafite ubumuga bavuga ko iterambere ryabo ridindizwa n’imyumvire y’abadaha agaciro ibyo abafite ubumuga  bakora

Abafite ubumuga butandukanye bo mu turere dutandukanye tw’igihugu, bavuga ko n’ubwo bigizwemo uruhare na leta y’u rwanda hari intambwe bamaze gutera mu kwiga ndetse no guharanira kwigira binyuze mu kwihangira imirimo, usanga bagifite imbogamizi zo kuba hari bamwe mu badafite ubumuga bagifite imyumvire y’uko abafite ubumuga badashoboye ndetse ko nta n’ikintu gifite ubuziranenge bashobora gukora. Rukundo Straton wo mu karere […]

Ruhango: Umuryango ufite abana batatu bavukanye ubumuga bw’uruhu rwera, utabaza inzego z’ubuyobozi ku kibazo cy’akato abo bana bahabwa n’abamwe mu baturanyi

Umuryango wa Ryumugabe Petero na Munganyinka Ester Utuye mu mudugudu wa Bugarura Akagari ka Bweramvura Umurenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, uvuga ko mu bana batandatu wabyaye, batatu muri bo bavukanye ubumuga bw’uruhu rwera bahura n’ikibazo cy’akato bakorerwa na bamwe mu baturanyi b‘uyu muyano babaziza ubwo bumuga bavukanye. Ryumugabe Petero Ise w’abo bana bavukanye ubumuga bw’uruhu rwera agira ati” Mu […]

Gicumbi District: Abagize ikipe y’abafite ubumuga barifuza ubufasha  

Bamwe   mu bagize    ikipe y’abafite  ubumuga mu karere ka Gicumbi, Gicumbi star,barasaba   kutazigera    babazwa  impamvu  batsindwa , kuko   zizwi  kandi   ikaba    ikomeje  gukerenswa  n’abakabarebereye gukemura imbogamizi bahura nazo. N’ikipe   igizwe    n’abakinnyi B’abakobwa bafite   ubumuga   bo   mu mirenge itandukanye igize akarere ka gicumbi uko Ari 21, nta bufasha bundi bagenerwa usibye ubushake no kwishakamo ubushobozi mu nshuro 3 bitozamo    buri    cyumweru. […]

Rwanda: Hakomeje kugaragara abafite ubumuga bavuga ko iterambere ryabo ridindizwa n’imyumvire y’abadaha agaciro ibyo abafite ubumuga  bakora Abafite ubumuga butandukanye bo mu turere dutandukanye tw’igihugu, bavuga ko n’ubwo bigizwemo uruhare na leta y’u rwanda hari intambwe bamaze gutera mu kwiga ndetse no guharanira kwigira binyuze mu kwihangira imirimo, usanga bagifite imbogamizi zo kuba hari bamwe mu badafite ubumuga bagifite imyumvire […]

Kamonyi: Habyarimana Jean w’imyaka 76 arasaba gufashwa kubona uko yagezwa kwa muganga

Inkuru kuwa 6 kanama 2023. Umuryango wa Habyarimana Jean w’imyaka 76 na Mukantagara Dativa batuye mumurenge wa Nyarubaka, mukagari ka Ruyanza, umudugudu wa Gitega barasaba gufashwa uyu Habyarimana jean akabasha kubona uko agezwa kwa muganga kugirango yitabweho kukibazo cy’ubumuga afite bwamufatanyije bimwe mubice by’umubiri aho kugeza ubu amaguru n’amaboko bitakibasha gukora. Uyu Habyarimana mu ijwi ryumvikanamo imbaraga nke zuburwayi bwamufatanyije […]