Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC kirakangurira abanyarwanda gukoresha ubwiherero bwujuje ibisabwa, bakirinda kwituma ku gasozi no mu mu mashyamba n’ahandi, mu rwego rwo kwirinda ko uwo mwanda bakwirakwizwa kugasozi ushobora kuba intandaro yo ku inzoka zo munda ka teniya iyo itavuwe birangira igeze no mu bwonko.
Ibi biravugwa mu gihe ubushakashatsi bwakozwe n’umuryango mpuzamahanga wita ku ubuzima WHO, ku ku ufatanye n’ikigo cy’igihugu cyita ku ubuzi RBC mu mwaka wa 2020, abanyarwanda bagera kuri 41% barwaye indwara zituruka ku mwanda zirimo n’inzoka, aho muri iyi mibare abantu bakuru barwaye indwara zituruka ku mwanda bagera kuri 48%, naho abana bazirwaye bari hagati y’imyaka 5-15 bakaba bangana 41%, mugihe abana bari munsi y’imyaka itanu barwaye indwara zituruka ku mwanda ububu bushakashatsi bugaragaza ko bangana na 31%

Inkuru mushobora kuyumva hano

Aimable UWIZWYIMANA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *