Muhanga : Nyamabuye urubyiruko rushoje urugerero amasomo rwigiye mu rugerero agiye kurufasha kwinjira mu buzima ngo butari ubw’ishuri

Nyuma y’amezi atatu bakora urugerero rw’inkomezabigwi icyiciro cya 10,bamwe murubyiruko rwo mukarere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye baravuga ko muri aya mezi uko ari atatu bize byinshi bizabafasha no mubuzima bwabo bushya bagiye kwerekezamo. Kuruhande rwa Nshimiyimana Jean Claude umunyamabanga nshingwabikorwa wuyu murenge wa Nyamabuye, akaba avuga ko nk’umurenge ubarirwa mumugi wa Muhana bitari byoroshye kubonera urubyiruko hamwe gusa […]

Kamonyi: Gacurabwenge baravuga ko imvugo ya Perezida Paul Kagame ariyo ngiro

Ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 35 y’umuryango wa FPR Inkotanyi ku rwego rw’umurenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, Bamwe mubanyamuryango ba FPR inkotanyi muri uyu murenge, baravuga ko imvugo ya Perezida wa Repuburika Paul Kagame ari ngiro, kubera ko muri iyi myaka 35 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze, hari byinshi wabagejejeho urangajwe imbere na Perezida wa Repuburika Paul Kagame, aho […]

IBIHINGWA NDUMBURABUTAKA BIVANGWA N’INANASI

Uburumbuke bw’uutaka mu buhinzi bw’umwimerere bushobora gusigasirwa hifashishijwe ibindi bihingwa. By’umwihariko ku bahinzi b’inanasi z’umwimerere twabateguriye ikiganiro kigaruka kuri bimwe mu bihingwa bivangwa nazo, uko mwabihinga n’akamaro kazo

KURWANYA INDWARA N’IBYONNYI MU BUHINZI BW’UMWIMERERE BW’INKERI

Kimwe n’ibindi bihinwa, inkeri ni igihingwa kigira iyonnyi n’indwara zitandukanye. Haba indwara ziterwa na virusi, iziterwa na bagiteri n’iziterwa n’uduhumyo. Iyo inzi ndwara zitandukanye zibasiye iki gihingwa bigabanya umusaruro wacyo. Niyo mpamvu buri muhinzi aba ahangayikishijwe no guhangana n’indwara n’ibyonnyi. Hari uburyo bwinshi bukoreshwa rero. Muri iki kiganiro, turagaruka kuri ubwo buryo butandukanye.  

RBC: Kwituma kugasozi no gukoresha imisarane itujuje ibisabwa intandaro yo kurwara indwara ziterwa n’umwanda nk’inzoka ya teniya

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC kirakangurira abanyarwanda gukoresha ubwiherero bwujuje ibisabwa, bakirinda kwituma ku gasozi no mu mu mashyamba n’ahandi, mu rwego rwo kwirinda ko uwo mwanda bakwirakwizwa kugasozi ushobora kuba intandaro yo ku inzoka zo munda ka teniya iyo itavuwe birangira igeze no mu bwonko. Ibi biravugwa mu gihe ubushakashatsi bwakozwe n’umuryango mpuzamahanga wita ku ubuzima WHO, ku ku […]