Nyuma y’amezi atatu bakora urugerero rw’inkomezabigwi icyiciro cya 10,bamwe murubyiruko rwo mukarere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye baravuga ko muri aya mezi uko ari atatu bize byinshi bizabafasha no mubuzima bwabo bushya bagiye kwerekezamo.

Kuruhande rwa Nshimiyimana Jean Claude umunyamabanga nshingwabikorwa wuyu murenge wa Nyamabuye, akaba avuga ko nk’umurenge ubarirwa mumugi wa Muhana bitari byoroshye kubonera urubyiruko hamwe gusa ngo bigaragara ko ababashije kuza kuri runo rugerero bari bafite inyota netse n’ubushacye bwo kwiga,akavuga ko bahawe inyigisho zihagije zizabafasha no mubuzima buri imbere.

Inkuru mushobora kuyumva hano

Eric HABIMANA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *