Bamwe mubarwayi barwaye indwara y’imdidido nk’imwe mu ndwara zititaweho bavurirwa mu karere ka Musanze n’umuryango nyarwanda wita ku barwayi bi imidido, barifuza ko inzego zitandukanye mu Rwanda zirimo ni izubuzima, zishyira imbaraga mu kwigisha umuryango nyarwanda uko iyi ndwara yandura n’uburyo yirindwa, kuko magingo aya hakiri abanyarwanda bayitiranya n’amarozi bigatuma n’abayirwaye bakorerwa ihohoterwa ryo guhabwa akato. Gusa ikigo cy’igihugu cyita ku ubuzima RBC binyujijwe mu gashami gashinzwe kurwanya indwara zititaweho kiravuga ko hari ubukangurambaga buri gukorwa ku ndwara y’imidido ndetse bukaba butazarangirira kubaturage gusa kuko no mu batanga services z’ubuzima buzatangwa kandi byatangiye mu rwo kubigisha uburyo bazaza bafasha abarwayi b’indwara y’imidido.

Inkuru mushobora kuyumva hano

Aimable UWIZWYIMANA

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *