aho umuyobozi w’itorero rya metodiste muri iki gihugu samuel kanu,yarekuwe nyuma yo  gushimutwa kuri iki cyumweru gishize
Nkuko polisi yo muri iki gihuu yabitangarije BBC ngo uyu muyobozi yari mu rugendo ari kumwe n’abandi bapadiri babiri mu nzira nyabagendwa yo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Abia.
Ntibiramenyekana neza uburyo barekuwe, ariko imitwe yitandukanya na leta muri iki gihugu  ikunze gushimuta abantu,

Irekurwa rye ryatumye abantu benshi bishima mu muryango wa gikirisitu wa Nijeriya.
amakuru y’ishimutwa amaze gusohoka, abayoboke b’Itorero rya Metodiste mu gihugu batangiye amasengesho y’isaha kugira ngo Dr Kanu n’abandi bapadiri barekurwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *