Reka amakuru yacu tuyasoreze mu gihuu cya tayiwani, aho ubushinwa bwohereje indege 30 z’intambara muri iki gihugu none Tayiwani ikaba yohereje indege z’intambara kugira ngo ziburire indege 30 z’intambara zoherejwe n’Ubushinwa kuri iki kirwa mu rwego rwo kurinda ikirere cyayo.

Nkuko tubikesha BBC,ibi byabaye kuri uyu wambere aho ubushinwa  bwarimo bushotora taiwan ariko bikaba byari byaratangiye mu kwezi kwa mutarama 2022,

Ibi bibaye kandi nyuma y’iminsi mike Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden aburiye Ubushinwa kwirinda gutera Tayiwani, kandi kuri uyu munsi  Biden akaba yari yasuye icyo kirwa kugira ngo baganire ku mutekano ari kumwe  n’abayobozi biki kirwa.ariko ubushinwa bwo bukiregura buvuga ko bohereje izi ndege mu rwego rw’imyitozo isanzwe ya gisirikare,

Dore ko Ubushinwa bubona Tayiwani nk’intara yitandukanije, ishobora gufata ku ngufu bibaye ngombwa.

 

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *