Ubushinwa bwohereje indege 30 zintambara muri Tayiwani

  Reka amakuru yacu tuyasoreze mu gihuu cya tayiwani, aho ubushinwa bwohereje indege 30 z’intambara muri iki gihugu none Tayiwani ikaba yohereje indege z’intambara kugira ngo ziburire indege 30 z’intambara zoherejwe n’Ubushinwa kuri iki kirwa mu rwego rwo kurinda ikirere cyayo. Nkuko tubikesha BBC,ibi byabaye kuri uyu wambere aho ubushinwa  bwarimo bushotora taiwan ariko bikaba byari byaratangiye mu kwezi kwa […]

Umuyobozi w’itorero rya Metodiste muri Nijeriya, Samuel Kanu, yarekuwe nyuma yo gushimutwa kuri iki cyumeru

  aho umuyobozi w’itorero rya metodiste muri iki gihugu samuel kanu,yarekuwe nyuma yo  gushimutwa kuri iki cyumweru gishize Nkuko polisi yo muri iki gihuu yabitangarije BBC ngo uyu muyobozi yari mu rugendo ari kumwe n’abandi bapadiri babiri mu nzira nyabagendwa yo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Abia. Ntibiramenyekana neza uburyo barekuwe, ariko imitwe yitandukanya na leta muri iki gihugu  ikunze gushimuta […]

Ruhango: Abayobozi barasabwa gutekereza umurongo w’ubumwe n’ubwiyunge kugirango barusheho kwiyubakira igihugu

Ubwo hibukwaga abarabakozi b’amakomine yahujwe akaba akarere ka ruhango bishwe mugihe cya genocide yakorewe abatutsi mu 1994, abayobozi bo muri aka karere ka Ruhango bakaba basabwa guketereza igikwiye gishimangira ubumwe n’ubwiyunge bw’abanyarwanda kugirango barusheho gufatanya kwiyubakira igihugu. Bamwe mu bakozi bo mu karere ka ruhango bitabiririye igikorwa cyo kwibuka abarabakozi b’amakomine agize akarere ka ruhango muri genocide yakorewe abatutsi mu […]

Abafite Imirima mu kabande ka Bahimba kari mu kagari ka Mpanda umurenge wa Byimana akarere ka Ruhango, barasaba ubuyobozi kubakemurira ikibazo cy’abantu bahacukuura bashakamo amabuye y’agaciro

    bamwe mu batuye mu kagari ka Mpanda ko mu murenge wa Byimana wo mu karere ka Ruhango, bari mu bafite Imirima mu kabande ka Bahimba gahuriweho n’umudugudu wa kigina, uwa Nyaburondwe ndetse n’uwa mpanda yose ibarizwa mu kagari ka Mpanda.  Aha, bakaba bumvikana bavuga ko bahangayikishijwe n’iKibazo cy’abantu batazwi imyirondoro bakomeje kawangiza aka kabande bagacukuramo amabuye y’agaciro ari […]

Twahirwa yinjiye mu mushinga uzafasha itangazamakuru ry’u Rwanda kongera ubunyamwuga

Twahirwa Jean Paul Aimable umaze imyaka 12 mu itangazamakuru yatangije umushinga yitezeho ko uzafasha iryo mu Rwanda kongera ubunyamwuga bihereye ku ntebe y’ishuri. Uyu mugabo akorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, yayinjiyemo itarahindura ikiri ORINFOR. Twahirwa usibye gukorera kuri Televiziyo y’u Rwanda, anigisha muri kaminuza mu mashami y’itangazamakuru atandukanye. Usibye itangazamakuru yanize Icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza mu Ishami ryo gucunga […]