SPORTSLIVE: Amavubi yemerewe miliyoni 75 naramuka asezereye Ethiopia, mu gihe mukura VS iri gusaba umuhisi n’umugenzi

Ryari ijoro ryiza cyane, ryo ku wa kabiri tariki ya 30 kamena 2022, ku kubasore b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda amavubi ubwo basurwaga n’abayobozi batandukanye mu ijoro ryiswe “ijoro ry’inkera y’abahizi”, Ni ijoro ryateguwe ngo harebwe uburyo ikipe y’igihugu y’u Rwanda (amavubi) yazitwara neza mu mukino wo kwishyura amavubi azahuramo na Ethiopia mu ijonjora ryo guhatanira itike yo kwerekeza mu mikino […]

Umuyobozi w’itorero rya Metodiste muri Nijeriya, Samuel Kanu, yarekuwe nyuma yo gushimutwa kuri iki cyumeru

  aho umuyobozi w’itorero rya metodiste muri iki gihugu samuel kanu,yarekuwe nyuma yo  gushimutwa kuri iki cyumweru gishize Nkuko polisi yo muri iki gihuu yabitangarije BBC ngo uyu muyobozi yari mu rugendo ari kumwe n’abandi bapadiri babiri mu nzira nyabagendwa yo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Abia. Ntibiramenyekana neza uburyo barekuwe, ariko imitwe yitandukanya na leta muri iki gihugu  ikunze gushimuta […]

Inzu ya Papa Wemba yahinduwe ingoro

Inzu y’umuhanzi w’Umunye-Congo , Jules Shungu Wembadio Pene Kikumba wamamaye nka Papa Wemba, yahinduwe ingoro ndangamurage ya Rumba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC. Guhindura inzu y’uyu muhanzi ingoro ndangamurage byahuriranye n’uko kuri uyu wa 24 Mata, ari umwaka wa gatandatu atabarutse. Hateguwe ibikorwa bitandukanye muri RDC mu rwego guha icyubahiro uyu muhanzi watabarutse ari ku rubyiniro. Byitezwe ko […]

Umuziki nyarwanda wahawe rugari kuri RFI

Kuva tariki 18 kugeza kuri 22 Mata binyuze mu Kiganiro ‘Couleurs Tropicales’ gica kuri Radio France Internationale [RFI] yo mu Bufaransa, umuziki wo mu Rwanda niwo wahawe umwanya wonyine muri iyo minsi ine. Ni ubwa mbere byari bibaye kuri iyi radiyo ikomeye kandi yumvwa ku rwego mpuzamahanga n’abantu benshi biganjemo abumva n’abavuga Igifaransa.   Iki kiganiro gikorwa na Claudy Siar […]