Bamwe mu batuye mu murenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, baranenga uburyo abayobozi b’inzego zibanze bakoresha iyo bari kubasaba umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza nkaho ababuze umusanze babakura mu mirimo yabo, bakirirwa babazengurukana, nyamara ngo ako kazi ariko bakoraga kashoboraga guvamo amafaranga yo kwishyura umusanzu wa mutuel, ibituma bifuza ko ubu buro […]
Ruhango: Baranenga uko inzego zibanze zitwara mu kubaka umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza.
Muhanga: Abanyamuryango ba FPR barasabwa kwitwara neza.
Abanyamuryango b’umuryango wa FPR Nkotanyi bo mu murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, barasabwa n’ubuyobozi bw’umuryango muri uyu murenge kwirinda ingesombi zirimo no kwishora mu biyobyabwenge, ahubwo bagaharanira kuba ku isongo mu kubaka u Rwanda. Ibi babisabwe mu nama rusange y’abanyamuryango ba FPR Nkotanye ku rwego rw’umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, aho muri iyi nama bibukijwe ko […]
Nyamagabe: Perezida wa repuburika yasabye abayobozi gukemura ikibazo cy’ibiciro by’ubukode nta ruhande bahutaje.
Ifoto twayikuyeye kuri Kigali to day Mugihe bamwe mu bacururiza mu isoko rya kijyambere rya Nyamagabe riherereye mu karere ka Nyamagabe mu ntara y’amajyepfo, bakomeje kuvuga ko ubukode bishyura aho bakorera buri hejuru ku uburyo bifuza ko ubuyobozi bwabafasha igiciro bishyura Ncyigabanuka, Perezida wa repuburika Paul kagame arasaba ubuyobozi bw’akarere ka nyamagabe gukemura icyo kibazo nta ruhande na rumwe rubangamiwe. […]
Nyamagabe: Perezida wa Repuburika aranenga abayobozi badaterwa isoni no kudakemura ibibazo by’abaturage
Ifuto twayikuyeye ku gihe Uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Repuburika ari kugirira mu ntara y’amajyepfo n’iyuburengerazuba, yakomoje kubayobozi bumva ibibazo by’abaturage barangiza bakicecekera, kugeza ubwo abaturage barambiwe kwiruka mu buyobozi ibibazo byabo bikarangira babiretse. Ibi perezida wa Repuburika Paul Kagame akaba yabigarutseho, ubwo mu ruzinduko ari kugirira mu karere ka Nyamagabe yakiraga ibibazo by’abaturage bitandukanye birimo ibyimanza zitarangizwa, ibishingiye ku […]
Ruhango: Basabye Perezida Paul Kagame kububakira imihanda ya kaburimbo
Uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Repuburika ari kugirira mu ntara y’amajyepfo n’iyuburengerazuba yahereye mu karere ka Ruhango, rwatumye ubuyobozi bw’aka karere busaba umukuru w’igihugu kubafasha kubona imihanda ya kaburimbo ibahuza n’uturere bahana imbibe, ndetse no kurushaho kwegereza amazi meza abatuye aka karere ka Ruhango mu rwego rwo kurushaho kuzamura imibereho yabo. umuyobozi w’akarere ka Ruhango HABARUREMA Valensi, aragaragariza perezida wa […]
Ubuhinzi bw’umwimerere ni iki ?
Ubuhinzi bw’umwimerere nabwo ni ubuhinzi ndumburabutaka umuhinzi yakora agamije kongera umusaruro mu bwiza no mu bwinshi.