Ruhango: Imyaka umunani irihiritse bategereje ingurane

Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya kinihira na mbuye mu karere ka Ruhango, barifuza ko ubuyobozi bubafasha bakishyurwa ingurane y’imitungo yabo yangijwe n’ibikorwa byo kubaka umuyoboro w’amashanayarazi, kuko bamaze imyaka irindwi bategereje amaso akaba yaraheze mu kirere. Abaturage bagera kuri 400 batuye mu murenge wa kinihira, ndetse n’abandi barenga 70 bo mu kagali ka Kizibere Umurenge wa Mbuye, imirenge […]

Ruhango: Abatujwe na leta barifuza guhabwa ibyangombwa by’ubutaka kugirango babone umuriro ubaca iruhande ujya gucanira ahandi

  Bamwe mu batuye mu murenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, bari mu nzu batujwemo  na Leta, baravuga ko biturutse ku kuba batarahabwa ibyangombwa by’ubutaka bigaragaza ko aho batujwe na leta ari ahabo, iterambere ryabo rikomeje kuhadindirira ndetse iki kibazo kigeze aho gituma badahabwa umuriro w’amashanyarazi nyamara amapoto bakabaye bafatiraho ari iruhande rwabo, ibituma bifuza ko leta ibitaho bagahabwa ibyo […]

Nyamagabe:Bakomeje kwifuza ko uruganda rw’ingano rwakongera gutunganya umusaruro wabo

Ifoto yavuye ku gihe.com Mugihe bamwe mubahinzi b’ingano bo mu karere ka Nyamagabe, bakomeje kwibaza impamvu ubuyobozi butabafasha ngo uruganda rwatunganyaga ingano rwongere gusubukura imirimo Yo kuzitunganya, bikaba kandi binakomeje gutuma abampamyi babaha amafaranga makeya ku musaruro baba bejeje, Perezida wa Repuburilka Paul KAGAME arasaba abayobozi b’aka karere n’abo muzindi nzego zitandukanye kwita kuri iki kibazo cyikabonerwa umuti urambye. Inkuru […]

ISOKO RY’UMUSARURO W’UBUHINZI BW’UMWIMERERE

Umuhinzi ukora ubuhinzi bw’umwimerere ntabwo ahinga gusa ngo ategereze umuguzi w’umusaruro we. Atangira gutekereza ku isoko kare cyane yewe n’umusaruro utaraboneka kuko iyo arindiriye gushaka isoko nyuma, bishobora gutuma ahendwa agahabwa igiciro kiri munsi y’igishoro yatanze. Iki kiganiro kiragufasha gusoanukirwa byinshi kuri iyi ningo.

GUSIGASIRA UBURUMBUKE BW’UBUTAKA MU BUHINZI BW’UMWIMERERE

Kubungabunga ubutaka n’uburumbuke mu buhinzi bw’umwimerere, inzira si ndende. Wowe ushaka kubikora,  banza wite ku butaka bwawe uburinde isuri nk’uko bikwiye. Kora kandi ku buryo wongera imborera mu butaka bwawe ndetse unakoreshe intungagihingwa hakoreshejwe ifumbire mpinduramiterere nk’ishwagara n’ibindi byabugenewe.  Hanyuma kandi ujye ukoresha uko ushoboye ubutaka bwawe buhore butwikiriye ubusasire aho bikenewe kandi uhinge ibihingwa bitwikira uutaka hagati y’ibitanga umusaruro. […]