Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Muhanga barasaba inzego z’ubuyobozi bw’aka karere kubafasha kwegerezwa amashuli y’abafite ubumuga, kuko babona aya mashuli akenewe mu mirenge yabo N’ubwo ubuyobozi bw’Akarere bwo buvuga ko bukirimo gukora ubuvugizi kugirango haboneke abafastanyabikorwa bo gufasha gushyiraho ayo mashuri. Aba, ni Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Muhanga, barimo MASENGESHO Vicent na MUKANDORI Forodinata bakaba […]
Muhanga: Mu misozi ya ndiza barifuza kwegerezwa amashuli yabafite ubumuga
Kayonza: Ikigo cy’igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso bya Gihanga kigiye guhugura ku gukura imirambo mumazi hirindwa gusibanganya ibimenyetso
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso bya Gihanga byifashishwa mu butabera kiratangaza ko kigiye guhugura abafite aho bahuriye no gukura abantu mu mazi barohamye cyangwa bajugunywemo kugirango kubakuramo bige bikorwa n’ababifitiye ubumenyi mu rwego rwo kwirinda ko habaho gusibanganya ibimenyetso bigaragaza ikishe uwo muntu wasanzwe mu mazi yapfuye. Ubwo hasozwaga ubukangura mbaga bwo kwigisha abayobozi b’inzego zibanze imikorere y’ Ikigo cy’ […]
Musanze: Dutemberane muri Centre Pastoral Notre Dame de Fatima, hoteli ihanzwe amaso muri CHOGM
Iyi Hotel, iri mu bilometero 96 uvuye i Kigali, 25 uvuye ku mupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda no mu bilometero 46 uvuye mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Centre Pastoral Notre Dame de Fatima Hotel, usibye kuba iri mu mahumbezi yo kuba mu nkengero za Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, ifite umwihariko wo gutanga […]
Abafite Imirima mu kabande ka Bahimba kari mu kagari ka Mpanda umurenge wa Byimana akarere ka Ruhango, barasaba ubuyobozi kubakemurira ikibazo cy’abantu bahacukuura bashakamo amabuye y’agaciro
bamwe mu batuye mu kagari ka Mpanda ko mu murenge wa Byimana wo mu karere ka Ruhango, bari mu bafite Imirima mu kabande ka Bahimba gahuriweho n’umudugudu wa kigina, uwa Nyaburondwe ndetse n’uwa mpanda yose ibarizwa mu kagari ka Mpanda. Aha, bakaba bumvikana bavuga ko bahangayikishijwe n’iKibazo cy’abantu batazwi imyirondoro bakomeje kawangiza aka kabande bagacukuramo amabuye y’agaciro ari […]
Food is medicine. And it’s toxic. Why would you choose to eat
There are many variations of passages of Lorem Ipsum available, but the majority have suffered alteration in some form, by injected humour, or randomised words which don’t look even slightly believable
Food is medicine. And it’s toxic. Why would you choose to eat
There are many variations of passages of Lorem Ipsum available, but the majority have suffered alteration in some form, by injected humour, or randomised words which don’t look even slightly believable
The Best Coding Advice I Was Ever Given copy
There are many variations of passages of Lorem Ipsum available, but the majority have suffered alteration in some form, by injected humour, or randomised words which don’t look even slightly believable
The Best Coding Advice I Was Ever Given copy
There are many variations of passages of Lorem Ipsum available, but the majority have suffered alteration in some form, by injected humour, or randomised words which don’t look even slightly believable
8 Things every person should do before 8
There are many variations of passages of Lorem Ipsum available, but the majority have suffered alteration in some form, by injected humour, or randomised words which don’t look even slightly believable
8 Things every person should do before 8
There are many variations of passages of Lorem Ipsum available, but the majority have suffered alteration in some form, by injected humour, or randomised words which don’t look even slightly believable