Kayonza: Ikigo cy’igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso bya Gihanga kigiye guhugura ku gukura imirambo mumazi hirindwa gusibanganya ibimenyetso

Ikigo cy’igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso bya Gihanga byifashishwa mu butabera kiratangaza ko kigiye guhugura abafite aho bahuriye no gukura abantu mu mazi barohamye cyangwa bajugunywemo kugirango kubakuramo bige bikorwa n’ababifitiye ubumenyi mu rwego rwo kwirinda ko habaho gusibanganya ibimenyetso bigaragaza ikishe uwo muntu wasanzwe mu mazi yapfuye. Ubwo hasozwaga ubukangura mbaga bwo kwigisha abayobozi b’inzego zibanze imikorere y’ Ikigo cy’ […]

Abafite Imirima mu kabande ka Bahimba kari mu kagari ka Mpanda umurenge wa Byimana akarere ka Ruhango, barasaba ubuyobozi kubakemurira ikibazo cy’abantu bahacukuura bashakamo amabuye y’agaciro

    bamwe mu batuye mu kagari ka Mpanda ko mu murenge wa Byimana wo mu karere ka Ruhango, bari mu bafite Imirima mu kabande ka Bahimba gahuriweho n’umudugudu wa kigina, uwa Nyaburondwe ndetse n’uwa mpanda yose ibarizwa mu kagari ka Mpanda.  Aha, bakaba bumvikana bavuga ko bahangayikishijwe n’iKibazo cy’abantu batazwi imyirondoro bakomeje kawangiza aka kabande bagacukuramo amabuye y’agaciro ari […]