Rutsiro: abafite ubumuga ntibahabwa service kubera kutagira amakarita abaranga

Bamwe mu bafite ubumuga bo mu Karere ka Rutsiro baravuga ko kutagira amakarita abaranga bituma hari serivise z’ingenzi batabona uko bikwiye bitewe no kutayagira, bagasaba ubuyobozi kubibafashamo na bo bagahabwa amakarita. Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwo buvuga ko hari amakarita amwe n’amwe yagiye ayoba akajyanwa mu bice ba nyirayo badatuyemo  bityo ntibayabone, bukabizeza ko bugiye gushyiramo agateke bakabona amakarita yabo. […]

Muhanga-Rugendabari: Kugira ubumuga ntibyababujije kwishakamo ibisubizo,babicyesha imyuga n’ubumenyingiro.

Bamwe mubafite ubumuga bo mumurenge wa Rugendabari baravuga ko batagikorerwa ihezwa n’ihohoterwa nkuko byahoze,ndetse kuri ubu bakaba nabo babasha gukora imirimo ibabyarira inyungu,ari naho bahera bavuga ko umuntu ufite ubumuga afite ubushobozi nk’ubwabatabufite. Ni kenshi mubihe byatambutse hagiye humvikana imvugo zitandukanye ndetse n’amazina yahabwaga abafite ubumuga,ndetse hakaba nabahezwaga mubikorwa bitandukanye n’imiryango yabo cyangwza se abandi babaga babari hafi,gusa nyuma yaho […]

Muhanga-Kibangu: Hacyenewe ubukangurambaga kubagifite imyumvire yuko umuntu ufite ubumuga ntacyo ashoboye.

Mumurenge wa Kibangu wo mukarere ka Muhanga hari bamwe mubafite ubumuga bavuga ko nubwo leta ikomeje gushyira imbaraga muguteza imbere abafite ubumuga no kubafasha kwitinyuka no kugaragaza icyo bashoboye,ngo haracyari abatarahinduka ngo banahindure imyumvire yo kumva ko umuntu ufite ubumuga ntakintu ashoboye gukora. Bamwe mubafite ubumuga bo mumurenge wa Kibangu,mukarere ka Muhanga,bavuga ko nubwo hari aho leta igejeje ihindura imyumvire […]

Muhanga: Bamarayika Murinzi barifuza ko abubatse ingo batazishingira ku bandi

Bamwe muri bamarayika murinzi bo mukarere ka Muhanga, baravuga ko kugirango ikibazop cy’abana usanga batabwa n’imiryango yabo kibashe bamwe mu bubatse ingo bakwiye guhindura imyumvire bakubaka ingo zishingiye ku bushobozi bwabo batarebeye kuzo abandi bubatse kuko ngo nta rubaho kimwe n’urundi. uyu mubyeyi uri mu kigero cy’imyaka irenga 60 y’amavuko akaba ari n’umwe muri bamarayika murinze bahuguwe n’umuryango hope and […]

KIGALI: Hari ababyeyi bafite ikibazo ku burwayi bwibasira abana babo

Bamwe mubabyeyi bafite abana barwaye indwara izwi nka autisme (indwara ituma umwana agira imyitwarire idasanzwe)barasaba  ko bakoroherezwa  kubona amashuri yita kuri aba bana, kuko aho ari atigonderwa n’ubonetse wese,ibituma ihame ry’uburezi  budaheza hari igice ritageramo uko bikwiye. Mukamana Enatha yagize ati:”ku myaka ibiri umwana ntavuga ndetse no hejuru y’iyo myaka aba ameze nk’utumva kandi yumva. Ubona ari mu isi ye […]

Muhanga: Bamarayika Murinzi barifuza ko abubatse ingo batazishingira ku bandi

Bamwe muri bamarayika murinzi bo mukarere ka Muhanga, baravuga ko kugirango ikibazop cy’abana usanga batabwa n’imiryango yabo kibashe bamwe mu bubatse ingo bakwiye guhindura imyumvire bakubaka ingo zishingiye ku bushobozi bwabo batarebeye kuzo abandi bubatse kuko ngo nta rubaho kimwe n’urundi. uyu mubyeyi uri mu kigero cy’imyaka irenga 60 y’amavuko akaba ari n’umwe muri bamarayika murinze bahuguwe n’umuryango hope and […]

Paul Kagame yabereye abana bafite ubumuga insimburangingo bajya kwiga

Bamwe mu batuye akagali ka Nyarusozi gakora ku rmugezi wa Nyabarongo mu murenge wa Nyabinoni mu karere ka Muhanga, baravuga ko intego bafite ari ugushyigikira Paul Kagame wafashije abana babo bafite ubumuga, akababera insimburangingo ubu bakaba bari kw’ishuri. Ibi bakaba babitangarije mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida w’umuryango wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame, no kwamamaza abakandida ku mwanya w’ubudepite bava mu muryango […]

Ngororero: Abafite ubumuga babuze ubushobozi bwo kujya kwivuza

  Bamawe mubafite ubumuga bo mu murenge  wa Gatumba mu karere ka Ngororero  , bavuga  ko  kubera  amikoro  make,  babura uko bajya  kwivuza  kuko bisaba amafaranga menshi, bakaba basaba  ubuyobozi  kubafasha  kwivuza. Nyirabagirashebuja  Daforoza  ni umukecuru w’imyaka  ufite ubumuga bw’ingingo uri mu kigero cy’imyaka 81, utuye mu mudugudu wa Gahinga mu kagari ka Karambo mu murenge wa Gatumba mu karere […]

Nyagatare: Baranenga abgifite imvugo zipfobya abafite ubumuga

Bamwe mu rubyiruko n’abarimu bo kubigo bitandukanye bo mu karere ka Nyagatare, baranenga bamwe mu bantu bakoresha imvugo zipfobya abafite ubumuga, kuko usanga aho ku bubaka zibasenya ugasanaga n’abatangiye gutera intambwe yo kugana aho babandi bari, bacitse intege birangiye basubiye mu bwigunge. Ibi babigarutseho nyuma yo guhabwa amahugurwa yateguwe na NUDOR ku bufatanye n’umuryango Iwacu Hope Initiative na Learn work […]

Rwanda: Musanze na Bugesera: Abantu bafite ubumuga bwo mu mutwe bara cyahabwa akato muri sosiyete no mu miryango bavukamo

Bamwe mu bantu bahuye n’ikibazo cyo kugira uburwayi bwo mu mutwe bo mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru no mu karere ka Bugesera ko mu natara y’Iburasirazuba, bavuga ko hakiri ikibazo cy’uko bahabwa akato haba mu miryango bavukamo no muri sosiyete, ibituma basaba leta kwita kuri icyo kibazo kikiri inzitizi ku mibereho n’iterambere ryabo. Maniriho J.Bosco wo mu karere […]