Ngororero: Abafite ubumuga bwo mu mutwe baracyahabwa akato

Bamwe mubatuye Umurenge wa Kageyo umwe mu mirenge y’akarere Ka Ngororero ikora ku ishyamba rya gishwati, baravuga ko hari bamwe muri bagenzi babo bagifite imyimvure yo kumva ko ufite ubumuga bwo mu mutwe ntacyo amaze mu muryango ahubwo ari uwo kuwuteza ibibazo birimo no kwangiza ibintu, ibintu bavuga bahereye ku kuba abafite ubumuga bwo mu mutwe, ngo usanga ntakindi babasha […]

Nyamagabe: Ingamba zashyizweho zo kurwanya imirire mibi n’igwingira ziri gutanga umusaruro

Bamwe mu byeyi bo mu akarere ka Nyamagabe, baravuga ko babifashijwemo n’inzego z’ubuzima n’ubuyobozi bw’aka karere, babashije kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana babo bari munsi y’imya itanu. Nambajimana Etienne na Ruzibiza Vicent ababyeyi bo mu karere ka Nyamagabe murenge wa Gasaka hamwe na mugenzi wabo Nyirankundimana Jacqueline, bavuga ko aho batuye kubijyanye no guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira mu […]

Huye: Nta muturage ukicwa na Malariya

Ibikorwa byagezweho muri serivise z’ubuvuzi mu gihe cy’imyaka 7 ishize. Kuwa 21 Kamena 2024, bamwe mu baturage bo mu kagari ka Sovu Umurege wa Huye akarere ka Huye mu kiganiro bagiranye n’itsinda ry’Abanyamakuru bo muri ABASIRWA bari mu gikorwa cyo kureba ibyagezweho mu buzima nyuma y’imyaka irindwi mu Karere ka Huye. Bagaragaje ko Abajyanama b’ubuzima bakorana n’ikigo nderabuzima cya Sovu […]

Muhanga: Aba motari bagiye kwegerezwa moto zikoresha amashanyarazi.

Bamwe mu ba motari bakorera umwuga wo gutwara abagenzi mu karere ka muhanga bavuga ko moto zikoreshwa numuriro wamashanyarazi zigiye gutangira gukoreshwa mu karere ka muhanga zizahindura byinshi mu mwuga wabo w’ubumotari. Niyomukiza Carine ni umwe mubasanzwe batwara abagenzi kuri moto,umwuga akorera mukarere ka Muhanga,we na Niwemahoro Odile bahimba Jay Paul bavuga ko ubusanzwe gutwara abantu kuri moto bitarimo kuborohera […]

Kamonyi: Abafite uburezi n’uburere munshingano barasabwa kwigisha abana ihame ry’ubumwe n’ubudaheranwa.

Ubuyobozi bw’akarere ka kamonyi burasaba abafite mu nshingano uburere n’uburezi bw’abana kuzirikana ihame ryubumwe n’ubwiyunge ndetse no kubaka ubunyarwanda mu bana b’u Rwanda nkuko aribo Rwanda rw’ejo. Mukarere ka kamonyi mu murenge wa nyarubaka ubwo bibukaga ku nshuro ya 30 jenoside ya korewe abatutsi mu 1994 byumwihariko abagore nabana biciwe muri uyu murenge,KANKUNDIYE Adeliphine na mugenzi we MWENEDATA Assoumpta bamwe […]

Ruhango :  Abarokotse Genocide yakorewe Abatutsi bo mu murenge wa Mbuye barasaba leta ko hashyirwa amateka ku mva.

Uwibutso rwa Mbuye ifoto Kigali todaye Abarokotse Jenoside ya korewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, bo mu murenge wa Mbuye  basaba leta ko ku mva y’ahimuwe Imibiri y’abazize jenoside kuri ubu yajyanwe mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Mayunzwe, hakwiye gushyirwa ibimenyetso bigaragaza ayo mateka mabi y’ibyahabereye kugirango atazibagirana kabone n’ubwo iyo mibiri yahakuwe. Ibi biragarukwaho na BYUKUSENGE Christine […]

Muhanga : Urugaga rw’abikorera ruvuga ko hakiri abarokotse Genocide  yakorewe Abatutsi bakiri mu buzima bubi.

Muhanga : Urugaga rw’abikorera ruvuga ko hakiri abarokotse Genocide  yakorewe Abatutsi bakiri mu buzima bubi. Urugaga rw’abikorera ruravuga ko hakiri abarokotse Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda bakiri mu buzima butari bwiza, bityo abari muri  uru rugaga bakaba biyemeje ko bagomba gufatanya n’abandi mukuzamura iterambere ry’imibereho yabo. Ibi bakaba babitangarije  mugikorwa cyo kwibuka kunshuro ya 30 abikoreraga bazize Genocide yakorewe abatutsi […]

Abayobozi b’inzego zibanze mu ntara y’amajyepfo barasabwa umusanzu mu  kunoza neza ibikorwa  byose bigamije gutegura Amatora.

Kuwa kabiri 16 Gicurasi 2024 Abayobozi b’inzego z’ibanze mu ntara y’amajyepfo barasabwa  umusanzu na komisiyo y’igihugu y’amatora kugira uruhare mu kunoza ibikorwa byose bigamije gutegura amatora kugira ngo amatora azagende neza nta nkomyi. Mu kugaragariza ubuyobozi bw’intara y’amajyepfo ibyavuye mu gikorwa cyo kugenzura imiterere y’ibiro by’itora no kureba ibibazo bishobora kubangamira ibikorwa by’amatora, harimo ikibazo cy’Imihanda ijya kubiro by’itora yangiritse […]

Muhanga: Abafite ubumuga bashyiriweho  uburyo bwo kwerekana impano zabo.

Kuri uyu wakane tariki16Gicurasi 2024 bamwe mubafite ubumuga bo mu karere ka Muhanga, baravuga ko umushinga ubufatanye program ugiye kuba igisubizo kuri bamwe muribo bafite impano zitandukanye zirimo izo gukina amakinamico n’ama film, kuko hari bagenzi babo batabashaga kubona uko bagaragaza impano bifitemo. Mu gikorwa cyo gufungura kumugaragaro umushinga ubufatanye program mu karere ka Muhanga,Bamwe mu bafite ubumuga bo muri […]

Muhanga : Umuryango Nyarwanda ufasha Abahuye n’ikibazo cyo kwandura virusi itera SIDA urakangurira abakora umwuga w’uburaya kurushaho kuyirinda.  

Ifoto from igihe.com Mu gihe hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2030 nta bwandu bushya bwa Vurisi itera SIDA ku isi , umuryango nyarwanda ufasha abahuye n’ikibazo cyo kwandura virusi itera SIDA urasaba abakora umwuga w’uburaya mu karere ka Muhanga kurushaho kuyirinda badakora imibonano idakingiye. Mu bukangurambaga bukorwa mu bice bitandukanye by’igihugu n’inzego zishinzwe  ubuzima bashishikariza abaturage kwirinda ikwirakwira ry’ubwandu […]