Musanze: Abahinzi b’ibirayi barashyira mu majwi ibura ry’imbuto kuba nyirabayazana w’ibura ry’umusaruro ku masoko

Abahinzi b’igihingwa cy’ibirayi bo mubice bitandukanye, baravuga ko ibura ry’imbuto y’ibirayi n’ibonetse ikaboneka ihenze, ari inzitizi ituma batagera ku ntego y’umusaruro n’iterambere bifuza, ibituma basaba inzego zirimo na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’abafatanyabikorwa bayo gukemura ikibazo cy’ubuke bw’imbuto y’ibirayi, kuko ngo gikomeje gutuma ibirayi bibura ku isoko ryo hirya no hino mu gihugu. Mureramanzi Heslon na Nyirabahire Jeanette, ni bamwe mu […]

Rwanda: bamwe mu bahinzi nta cyizere bafite cyo kuzabona umusaruro muri iki gihembwe cyambere cy’ihinga cya 2023

Hirya no hino ku isi hagaragara ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere cyane cyane y’ibura ry’imvura aho usanga ibiribwa bigabanuka. Muri iki gihembwe cya mbere cy’ihinga cy’umuhindo 2023A hamwe na hamwe mu Rwanda, abahinzi beravugako nta kizere cy’umusauro mwiza kuko izuba ryavuye igihe kinini batanafite uburyo bwo kuhira cyane ku bahinga imusozi. Bamwe mu bahinzi bateye ibigoli n’ibishyimbo imusozi aho batabasha kuvomerera, baravugako […]

RAB: Irashishikariza urubyiruko kwitabira ubuhinzi bukoresha ikorana buhanga no kubwigisha abandi bahinzi

Ikigo cy’igihugu cy’iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB kirashishikariza urubyiruko kwitabira ubuhinzi bukoresha ikoranabuhanga by’umwihariko kugira ubumenyi ku miterere y’imbuto zivuguruye bishingiye ku turemangingo twazo mu rwego rwo gutanga umusanzu wabo mu kuzamura umusaruro w’ubuhinzi. Kugirango ubuhinzi n’ubworozi bubashe gutanga umusaruro hakenewemo ikoranabuhanga mu rwego rwo gutuma ibibazo bituma igipimo cy’umusaruro ku gihingwa kitagerwaho bibonerwe umuti. “Ubuhinzi burambye bukeneye ko urubyiruko rugira […]

Ngororero:Abasarura icyayi amafaranga bahembwa ngo ntajyanye n’ibiciro biri ku isoko

Bamwe mubakora imirimo yo gusoroma icyayi bo mukarere ka ngororero, baravuga ko bafite imbogamizi zo kuba bagikorera amafaranga macye muri iyi mirimo, nyamara baba bakoresheje imbaraga nyinshi ibintu bavuga ko bitajyanye n’ibiciro biri ku isoko muri iki gihe. Mugihe u Rwanda rukomeje guteza imbere icyayi cyoherezwa mumahanga, bamwe mubagikoramo byumwihariko abakora imirimo yo kugisoroma bo mukarere ka Ngororero barumvikana bavuga […]

Muhanga: Abahinzi ntibizeye kubona ibikoresho bavomereza imyaka mugihe imvura ikomeje kuba nkeya

Bamwe mubahinzi bo mu karere ka Muhanga umurenge wa Cyeza, ubwo bitanayaga n’Ubuyoyobozi bw’akarere ka Muhanga mu gutangiza gahunda yo kubaha ifumbire bahawe kuri nkunganire ya 100% mun rwego rwo kubafasha kongera umusaruro, bakaba bagaragariza ubuyobozi bwabo ibibazo birimo kubura ibikoresho byo kuvomereza imyaka yabo muri iki gihe imvura ikomeje kuba nkeya. Mugikorwa cyo gufata ifumbire yo guteza ibighori mu […]

Ruhango: gushakirwa imbuto y’imyumbati n’urutoki isimbura iyamaze ku rwara

Mu gihe bamwe mu bahinzi b’imyumbati n’urutoki bo mu murenge wa Mbuye n’uwa Kinihira mu karere ka Ruhango, bataka ubukene baterwa n’indwara zibasiye ibyo bihingwa bikaba bitagitanga Umusaruro, abashakashatsi m’ubuhinzi bo bakorera mu ishami ry’ubushakashatsi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda RAB, bavuga ko guhinga imbuto yahinduriwe uturemangingo ari igisubizo kirambye cy’indwara zibasira ibihingwa. Indwara  yatatse […]

Rwanda: Inama mpuzamahanga ku bworozi bw’inkoko isanze abarozi bafite amarira y’ibiryo byazo byahenze

Mugihe mu Rwanda hatangiye inama mpuzamahanga ku bworozi bw’inkoko, bamwe muborozi b’inkoko baragaragaza ko kuri ubu bagorwa no kubona ibiryo byazo kubera ubyuryo kwisongo ryabyo biri guhenda, gusa minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ikaba iotanga umurongo kuri iki kibazo cy’ibiciro by’ibiryo by’inkoko byahenze. Kuri ubu u Rwanda ruri kwakira inama mpuzamahanga, ku bworozi bw’inko aho iyi nama igamije kureba aho umworozi w’inkoko […]

Nyamagabe:Bakomeje kwifuza ko uruganda rw’ingano rwakongera gutunganya umusaruro wabo

Ifoto yavuye ku gihe.com Mugihe bamwe mubahinzi b’ingano bo mu karere ka Nyamagabe, bakomeje kwibaza impamvu ubuyobozi butabafasha ngo uruganda rwatunganyaga ingano rwongere gusubukura imirimo Yo kuzitunganya, bikaba kandi binakomeje gutuma abampamyi babaha amafaranga makeya ku musaruro baba bejeje, Perezida wa Repuburilka Paul KAGAME arasaba abayobozi b’aka karere n’abo muzindi nzego zitandukanye kwita kuri iki kibazo cyikabonerwa umuti urambye. Inkuru […]

ISOKO RY’UMUSARURO W’UBUHINZI BW’UMWIMERERE

Umuhinzi ukora ubuhinzi bw’umwimerere ntabwo ahinga gusa ngo ategereze umuguzi w’umusaruro we. Atangira gutekereza ku isoko kare cyane yewe n’umusaruro utaraboneka kuko iyo arindiriye gushaka isoko nyuma, bishobora gutuma ahendwa agahabwa igiciro kiri munsi y’igishoro yatanze. Iki kiganiro kiragufasha gusoanukirwa byinshi kuri iyi ningo.