Nyuma y’amezi atatu bakora urugerero rw’inkomezabigwi icyiciro cya 10,bamwe murubyiruko rwo mukarere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye baravuga ko muri aya mezi uko ari atatu bize byinshi bizabafasha no mubuzima bwabo bushya bagiye kwerekezamo. Kuruhande rwa Nshimiyimana Jean Claude umunyamabanga nshingwabikorwa wuyu murenge wa Nyamabuye, akaba avuga ko nk’umurenge ubarirwa mumugi wa Muhana bitari byoroshye kubonera urubyiruko hamwe gusa […]
Muhanga : Nyamabuye urubyiruko rushoje urugerero amasomo rwigiye mu rugerero agiye kurufasha kwinjira mu buzima ngo butari ubw’ishuri
Kamonyi: Gacurabwenge baravuga ko imvugo ya Perezida Paul Kagame ariyo ngiro
Ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 35 y’umuryango wa FPR Inkotanyi ku rwego rw’umurenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, Bamwe mubanyamuryango ba FPR inkotanyi muri uyu murenge, baravuga ko imvugo ya Perezida wa Repuburika Paul Kagame ari ngiro, kubera ko muri iyi myaka 35 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze, hari byinshi wabagejejeho urangajwe imbere na Perezida wa Repuburika Paul Kagame, aho […]
Rubavu: Kujya muri club yita ku isuku byabakijije amavunja n’inzoka zo munda
Bamwe mu banyeshuri biga k’urwunge rw’amashuri rwa Buhaza giherere mu Kagari ka Buhaza mu murenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu, nubwo bashyira mu majwi bamwe mu babyeyi bakorerera akazi mu gihugu cya repuburika iharanira demukarasi ya Congo kutita ku isuku y’abana babo bikabaviramo kurwara indwara ziturika ku mwanda zirimo amavunja n’inzoka. Inkuru mushobora kuyumva hano Aimable UWIZWYIMANA
Musanze: Abarwayi imidido hakenewe ubukangurambaga bukuraho ibihuha by’uko iterwa n’amarozi
Bamwe mubarwayi barwaye indwara y’imdidido nk’imwe mu ndwara zititaweho bavurirwa mu karere ka Musanze n’umuryango nyarwanda wita ku barwayi bi imidido, barifuza ko inzego zitandukanye mu Rwanda zirimo ni izubuzima, zishyira imbaraga mu kwigisha umuryango nyarwanda uko iyi ndwara yandura n’uburyo yirindwa, kuko magingo aya hakiri abanyarwanda bayitiranya n’amarozi bigatuma n’abayirwaye bakorerwa ihohoterwa ryo guhabwa akato. Gusa ikigo cy’igihugu cyita […]
Gicumbi: Abahinzi b’igihingwa cy’ibirayi barifuza ibiti byo ku rwanya isuri mu mirima yabo
Bamwe mu bahinzi bibumbiye muri Koperative Kotemika ikorera ubutubuzi bw’imbuto y’ibirayi mu murenge wa Kaniga mu karere ka Gicumbi, Baravuga ko n’ubwo bahawe ubufasha n’umushinga Green Gicumbi bwo kubona ’imbuto nziza y’igihingwa cy’ibirayi barimo gutuburira mu mirima yabo y’amaterase y’ikora, ariko banakeneye guhabwa ubufasha bw’ibiti byo gutera ku mirima yabo kugirango barusheho guhangana n’ikibazo cy’isuri yangiza imyaka. Abahinzi bagera kuri […]
Nyanza: Baribaza impamvu bakivoma amazi mabi kandi bitwa ko begerejwe amazi meza
Abatuye mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, Barijujutira ko nyuma yo kugezwaho amazi meza nubundi bakomeje kuvoma amazi mabi yo mubishanga n’imibande, icyibazo bavuga ko giterwa nukuba ayo mazi begerejwe akama ku uburyo basaba ko icyo kibazo cyavugutirwa umuti ku buryo burambye. Kuruhande rw’Umuyobozi w’akarere ka Nyanza NTAZINDA Erasme wunga mu ry’aba baturage ko ikibazo k’ibura ry’amazi mu […]
Kabgayi: Musenyeri Simaragde Mbonyintege arasaba abashakanye kwizerana
Mugitambo cya Misa ya Noheli cyabereye muri Bazilika nto ya Kabgayi, umushumba wa Diyoseze ya Kabgayi Musenyeri Simaragde Mbonyintege, yasabye abanyarwanda cyane cyane abubatse ingo kubaho babana mu bwumvikane, nta kwishishanya cyangwa gukekana. Musenyeri Mbonyintege akaba akomeza abibutsa ko bagomba kwirinda amagambo aturuka hanze y’ingo zabo agamije kubasenyera, bakabaho bizerana mu muryango wabo bubatse kugirango babashe kurera abana babo babyaye […]
Muhanga: Coforwa yatumye minisiteri y’ibikorwa remezo isaba abanyrwanda kubungabunga ibikorwa remezo begerezwa
Ruhango: Irushanwa rya Volley ball ryatumye bungukira mu bucuruzi bakora
Bamwe mu bikorera bo mu karere ka Ruhango nyuma y’uko aka karere ka kiriye imikino y’ikiciro cyambere cy’umukino w’intoki wa volleyball, barasaba ubuyiobozi bw’aka karere kubafasha bakajya bahora bakira imikino itandukanye kuko usibye no kuba bakuramo inyungu ziturutse mu bicuruzwa bahacururiza ngo inafasha urubyiruko abakuru n’abato kwidagadura. Bamwe mubikorera bo mu karere ka Ruhango, barashima uburyo imikino bakiriye y’umukino w’intoki […]
Muhanga : Abayobozi n’abikorera barasabwa kongera imbaraga muri serivice batanga bakira neza abaje babagana
Abayobozi munzego zitandukanye mu karere ka Muhanga barasabwa kujya kwakira abaturage baje babagana neza, aho kubacunaguza ndetse bakajya bumva ko igihe cyose abakoresha babo ari abaturage, ibi bikaba ngo ari mu rwego rwo gukomeza gushyira mu bikorwa gahunda ya leta ivuga ko mu mwaka wa 2024 abanyarwanda bazaba bishimira serivise bahabwa ku kigero cya 90%. Mu nama nyungurana bitkerezo y’akarere […]