Nyamagabe: Ingamba zashyizweho zo kurwanya imirire mibi n’igwingira ziri gutanga umusaruro

Bamwe mu byeyi bo mu akarere ka Nyamagabe, baravuga ko babifashijwemo n’inzego z’ubuzima n’ubuyobozi bw’aka karere, babashije kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana babo bari munsi y’imya itanu. Nambajimana Etienne na Ruzibiza Vicent ababyeyi bo mu karere ka Nyamagabe murenge wa Gasaka hamwe na mugenzi wabo Nyirankundimana Jacqueline, bavuga ko aho batuye kubijyanye no guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira mu […]

Huye: Nta muturage ukicwa na Malariya

Ibikorwa byagezweho muri serivise z’ubuvuzi mu gihe cy’imyaka 7 ishize. Kuwa 21 Kamena 2024, bamwe mu baturage bo mu kagari ka Sovu Umurege wa Huye akarere ka Huye mu kiganiro bagiranye n’itsinda ry’Abanyamakuru bo muri ABASIRWA bari mu gikorwa cyo kureba ibyagezweho mu buzima nyuma y’imyaka irindwi mu Karere ka Huye. Bagaragaje ko Abajyanama b’ubuzima bakorana n’ikigo nderabuzima cya Sovu […]

Kamonyi: Abafite uburezi n’uburere munshingano barasabwa kwigisha abana ihame ry’ubumwe n’ubudaheranwa.

Ubuyobozi bw’akarere ka kamonyi burasaba abafite mu nshingano uburere n’uburezi bw’abana kuzirikana ihame ryubumwe n’ubwiyunge ndetse no kubaka ubunyarwanda mu bana b’u Rwanda nkuko aribo Rwanda rw’ejo. Mukarere ka kamonyi mu murenge wa nyarubaka ubwo bibukaga ku nshuro ya 30 jenoside ya korewe abatutsi mu 1994 byumwihariko abagore nabana biciwe muri uyu murenge,KANKUNDIYE Adeliphine na mugenzi we MWENEDATA Assoumpta bamwe […]

Muhanga : Umuryango Nyarwanda ufasha Abahuye n’ikibazo cyo kwandura virusi itera SIDA urakangurira abakora umwuga w’uburaya kurushaho kuyirinda.  

Ifoto from igihe.com Mu gihe hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2030 nta bwandu bushya bwa Vurisi itera SIDA ku isi , umuryango nyarwanda ufasha abahuye n’ikibazo cyo kwandura virusi itera SIDA urasaba abakora umwuga w’uburaya mu karere ka Muhanga kurushaho kuyirinda badakora imibonano idakingiye. Mu bukangurambaga bukorwa mu bice bitandukanye by’igihugu n’inzego zishinzwe  ubuzima bashishikariza abaturage kwirinda ikwirakwira ry’ubwandu […]

Nyamagabe: Munyaneza Gregory nubwo afite ubumuga ntibimubuza kuba haribyo akora adateze amaboko

Munyaneza gregory   utuye umudugudu wa nyabisindu mu akagari ka nyanza murenge wa cyanika ufite ubumuga bwingingo zamaguru yombi aravuga ko “nubwo hari intambwe amaze gutera agana inzira yo kwiteza imbere, arakomeza asaba abanyarwanda kujya baba hafi yabafite ubumuga aho  kubita amazina abaca intege, ndetse n’ubuyobozi bugafasha guhugura abafite ibyo bakora  bafite ubumuga no gutera inkunga abafite ubumuga bafite imishinga ikeneye […]

Nyanza: Abafite ubumuga bwo kutabona baravuga ko bafite imbogamizi yo kutabasha gukoreha Telefone zinjira mu gihugu

Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bo mu karere ka Nyanza mu ntara y’amajyepfo, bavuga ko n’ubwo hari aho u Rwanda rugeze  mu iterambere ryo gukoresha ikoranabuhanga cyane cyane irya Telefone, kuribo bafite imbogamizi zo kuba ku isoko mu gihugu nta Telefone zihari abafitye ubumuga bwo kutabona bashobora gukoresha. Bavuga ko bifuza ko hakwiye gushyirwaho gahunda ya Telefone zinjira mu […]

Rwanda: Hakomeje kugaragara abafite ubumuga bavuga ko iterambere ryabo ridindizwa n’imyumvire y’abadaha agaciro ibyo abafite ubumuga  bakora

Abafite ubumuga butandukanye bo mu turere dutandukanye tw’igihugu, bavuga ko n’ubwo bigizwemo uruhare na leta y’u rwanda hari intambwe bamaze gutera mu kwiga ndetse no guharanira kwigira binyuze mu kwihangira imirimo, usanga bagifite imbogamizi zo kuba hari bamwe mu badafite ubumuga bagifite imyumvire y’uko abafite ubumuga badashoboye ndetse ko nta n’ikintu gifite ubuziranenge bashobora gukora. Rukundo Straton wo mu karere […]

Ruhango: Umuryango ufite abana batatu bavukanye ubumuga bw’uruhu rwera, utabaza inzego z’ubuyobozi ku kibazo cy’akato abo bana bahabwa n’abamwe mu baturanyi

Umuryango wa Ryumugabe Petero na Munganyinka Ester Utuye mu mudugudu wa Bugarura Akagari ka Bweramvura Umurenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, uvuga ko mu bana batandatu wabyaye, batatu muri bo bavukanye ubumuga bw’uruhu rwera bahura n’ikibazo cy’akato bakorerwa na bamwe mu baturanyi b‘uyu muyano babaziza ubwo bumuga bavukanye. Ryumugabe Petero Ise w’abo bana bavukanye ubumuga bw’uruhu rwera agira ati” Mu […]

Gicumbi District: Abagize ikipe y’abafite ubumuga barifuza ubufasha  

Bamwe   mu bagize    ikipe y’abafite  ubumuga mu karere ka Gicumbi, Gicumbi star,barasaba   kutazigera    babazwa  impamvu  batsindwa , kuko   zizwi  kandi   ikaba    ikomeje  gukerenswa  n’abakabarebereye gukemura imbogamizi bahura nazo. N’ikipe   igizwe    n’abakinnyi B’abakobwa bafite   ubumuga   bo   mu mirenge itandukanye igize akarere ka gicumbi uko Ari 21, nta bufasha bundi bagenerwa usibye ubushake no kwishakamo ubushobozi mu nshuro 3 bitozamo    buri    cyumweru. […]

Kamonyi: Habyarimana Jean w’imyaka 76 arasaba gufashwa kubona uko yagezwa kwa muganga

Inkuru kuwa 6 kanama 2023. Umuryango wa Habyarimana Jean w’imyaka 76 na Mukantagara Dativa batuye mumurenge wa Nyarubaka, mukagari ka Ruyanza, umudugudu wa Gitega barasaba gufashwa uyu Habyarimana jean akabasha kubona uko agezwa kwa muganga kugirango yitabweho kukibazo cy’ubumuga afite bwamufatanyije bimwe mubice by’umubiri aho kugeza ubu amaguru n’amaboko bitakibasha gukora. Uyu Habyarimana mu ijwi ryumvikanamo imbaraga nke zuburwayi bwamufatanyije […]