RBC mu kurwanya indwara zititaweho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa abahinzi bo mu bishanga bagenerwa ubufasha bubarinda inzoka ya “bilharziose”

I kigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC, ku bubufatanye ni ihuriro ry’imiryango iteamiye kuri leta (RWANDA NGOs FORUM), baratangaza ko ku ubufatanye n’abafatanya bikorwa b’iki kigo, hari ubufasha bugenerwa abahinzi bakorera ubuhinzi mu bishanga burimo no kubaha  ibinini bibavura inzoka ya “bilharziose“, na cyane ko ngo aba bahinzi baba bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi ndwara y’nzoka ya “bilharziose” cyane cyane igihe […]

Muhanga : Nyamabuye urubyiruko rushoje urugerero amasomo rwigiye mu rugerero agiye kurufasha kwinjira mu buzima ngo butari ubw’ishuri

Nyuma y’amezi atatu bakora urugerero rw’inkomezabigwi icyiciro cya 10,bamwe murubyiruko rwo mukarere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye baravuga ko muri aya mezi uko ari atatu bize byinshi bizabafasha no mubuzima bwabo bushya bagiye kwerekezamo. Kuruhande rwa Nshimiyimana Jean Claude umunyamabanga nshingwabikorwa wuyu murenge wa Nyamabuye, akaba avuga ko nk’umurenge ubarirwa mumugi wa Muhana bitari byoroshye kubonera urubyiruko hamwe gusa […]

Nyanza: Baribaza impamvu bakivoma amazi mabi kandi bitwa ko begerejwe amazi meza

Abatuye mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, Barijujutira ko nyuma yo kugezwaho amazi meza nubundi bakomeje kuvoma amazi mabi yo mubishanga n’imibande, icyibazo bavuga ko giterwa nukuba ayo mazi begerejwe akama ku uburyo basaba ko icyo kibazo cyavugutirwa umuti ku buryo burambye. Kuruhande rw’Umuyobozi w’akarere ka Nyanza NTAZINDA Erasme wunga mu ry’aba baturage ko ikibazo k’ibura ry’amazi mu […]

Amajyepfo: Abikorera bo mu ntara bitabiriye imurikagurisha barizezwa n’ubuyobozi bw’Intara ko batazongera guhura n’imbogamzi bahuye nazo.

Ubuyobozi bw’intara y’amagepfo burizeza abikorera bo muri iyi ntara ko bugiye kwicarana nabategura imurikagurisha, bagashakira hamwe umuti w’ibibazo byagaragajwe mu gutegura iryashojwe, byatumye abikorera baryitabiriye binubira uburyo bakoreye mu gihombo ku uburyo bitazongera kubaho ubutaha. Bimwe mu bibazo bigaragazwa n’abikorera bitabiriye imurikagurisha ryateguwe n’intara y’amajyepfo rikabere mu karere ka Muhanga, bigatuma ritabagendekera neza, ikiza ku isonga ngo n’ikibazo cy’uko abariteguye […]

Muhanga: Abangavu batewe inda barafata amakimbirane yo mu miryango nk’intandaro y’ihohoterwa bahuye naryo

Bamwe mu bangavu batewe inda bo mu karere ka Muhanga barashyira mu majwi amakimbirane yo mu miryango bavukamo kuba nyirabayazana wo guterwa izo nda kubera kutitabwaho n’ababyeyi bikarangira binabaviriyemo guta amashuri nyuma yo kubyara. Umwe mu bangavu twahaye izina rya UWIMANA Martha wahohotewe afite imyaka 16 yiga mu mashuri yisumbuye mu murenge wa Muhanga mu karere ka Muhanga, Kimwe na […]

Muhanga : Abayobozi n’abikorera barasabwa kongera imbaraga muri serivice batanga bakira neza abaje babagana

Abayobozi munzego zitandukanye mu karere ka Muhanga barasabwa kujya kwakira abaturage baje babagana neza, aho kubacunaguza ndetse bakajya bumva ko igihe cyose abakoresha babo ari abaturage, ibi bikaba ngo ari mu rwego rwo gukomeza gushyira mu bikorwa  gahunda ya leta ivuga ko mu mwaka wa 2024 abanyarwanda bazaba bishimira serivise bahabwa ku kigero cya 90%. Mu nama nyungurana bitkerezo y’akarere […]

Gicumbi: Baravuga ko igiti ari ingirakamaro mu buzima bwabo bwa buri munsi

Bamwe mu batuye mu karere ka Gicumbi baravuga ko igiti ari ingira kamaro nyuma yaho ubuyoyobozi bw’intara yamajyaruguru na komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu bifatanyije mugikorwa cyo gutera ibiti no gusazura amashyamba. Ubuyobozi  bwo burabasaba abahatuye kwita kubiti n’ibidukikije muri rusange bakomeza gutera ibiti bahereye kubyo bateye muri uyu muganda wasozaga ukwezi ku ugushyingo. Aha N’imugikorwa cyo gutera ibiti no […]

Ruhango: Abahinzi bimyumbati barataka igihombo kubera imbuto y’imyumbati arwaye

Bamwe mu bahinzi b’imyumbati bo mu tugari dutandukanye two mu murenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango, baravuga ko iki gihingwa cy’imyumbati cyari nka moteri y’iterambere ryabo, bitewe n’indwara yakibasiye kitagitanga  umusaruro, ibituma bifuza ko  ubuyobozi bubafasha iki kibazo kikavugutirwa umuti mu buryo burambye cyane cyane hashakwa imbuto idafatwa n’uburwayi. Abarimo abatuye mu tugari twa Nyakarekare, mbuye , gisanga, gishari […]

Guverineri w’intara y’amajyepfo arasaba abarwayi kugira isuku no kurya indyo yuzuye kuko bizabarinda indwara zitandukanye

Guverineri w’intara y’amajyepfo mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Ruhango agasura ibitaro bya Kinazi ari nabo bitaro bikuru byo muri aka karere ka Ruhango, arasaba abarwayi kugira isuku bakirinda umwanda ubundi bakihatira kurya indyo yuzuye mu rwego kugirango barusheho kugira ubuzima bw’iza. Abarwayi bari kwivuriza ku bitaro bya Kinazi biherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango indwara yo […]