Muhanga: Abahinzi ntibizeye kubona ibikoresho bavomereza imyaka mugihe imvura ikomeje kuba nkeya

Bamwe mubahinzi bo mu karere ka Muhanga umurenge wa Cyeza, ubwo bitanayaga n’Ubuyoyobozi bw’akarere ka Muhanga mu gutangiza gahunda yo kubaha ifumbire bahawe kuri nkunganire ya 100% mun rwego rwo kubafasha kongera umusaruro, bakaba bagaragariza ubuyobozi bwabo ibibazo birimo kubura ibikoresho byo kuvomereza imyaka yabo muri iki gihe imvura ikomeje kuba nkeya. Mugikorwa cyo gufata ifumbire yo guteza ibighori mu […]

Ngororero: Umuvunyi arasaba abayobozi gukemura ibibazo by’abaturage bidategereje ubuyobozi bwo hejuru

Abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka ngororero barasabwa kujya bacyemura ibibazo by’abaturage kugihe, batarindiriye ko ubuyobozi bwo hejuru bumanuka bukaba aribwo bubicyemura, na cyane ko haribyo bwakira byakabaye byaracyemukiye munzego zo hasi. Mukarere ka ngororero, abaturage bo mumirenge itandukanye bahuriye kuri stade ya Rususa, IHEREREYE MU MURENGE WA Ngororero aho bagaragazaga ibibazo bafite bitandukanye babigaragariza ubuyobozi bw’umuvunyi ndetse n’ubw’akarere kugirango […]

Ruhango: Amaze imyaka isaga 28 atagira icyangombwa kimuranga kubera kutandikishwa mu irangamimerere

Umusore witwa MUSINGIZE Emmanuel ubarizwa mu mudugudu w’i Pate mu kagali  ka Mwendo Umurenge wa Mbuye akarere ka Ruhango, kuri ubu utagira icyangombwa nakimwe kimuranga, arasaba ubuyobozi bw’umurenge kumworohereza akabona serivisi z’iranga mimerere, kuko ngo nyina wakabaye yaramwandikishije mu iranga mimerere yabyanze ndetse kuri ubu yamaze kumuta akigendera akaba atazi n’aho yamaze kwerekeza.   Umusore witwa Musingize Emmanuel ubarizwa mu […]

Ruhango: Barifuza ko inkoni yera ikoreshwa n’abafite ubumuga bwo kutabona ihabwa agaciro

  Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’inkoni yera ikoreshwa n’abafite ubumuga bwo kutabona, bamwe mubatuye umurenge wa Byimana mu karere ka Ruhango barimo n’abafite ubumuga, baravuga ko iyo nkoni ifitiye akamoro abafite ubumuga ku buryo ikwiye kubahwa ndetse n’abafite ubumuga bayikoresha bakubahwa. Murugendo rwo kuzirikana umunsi mpuzamahanga w’inkoni yera ikoreshwa n’abafite ubumuga bwo kutabona, urugendo rugamije guha agaciro iyo nkoni yera […]

Kamonyi: Rukoma ubuyobozi bufite umuhigo wo gusubiza abana mu ishuri ku kigero cya 100%

Ubuyobozi bw’umurenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi mu ntara y’amajyepfo, buravuga ko bugiye gufatanya n’abarimu bo kubigo by’amashuri biri muri uyu murenge, ku uburyo ngo bafite intego yo gusubiza abana bo mu murenge wa rukoma mu ishuri ku kigero cya 100%. NSENGIYUMVA Pierre Cellestin ni Umunyamabanga nshingwa bikorwa w’umurenge wa Rukoma mu karere ka Kamonyi. Aha arasaba abafite ibigo […]

Nyarugenge: Gutanga ibitabo byogusoma mu mashuri abanza byitezweho kuzahura ireme ry’uburezi.

Ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri abaza cya Karama kiri umurenge wa Kigali akarere ka Nyarugenge, buvuga ko mbere y’uko ikigo gihabwa na Save The children ΄Umuryango Mpuzamahanga wita kubana΄ ibitabo by’abana byogusoma hagaragaraga ikibazo cy’umubare muke w’ibitabo byo gusoma bikaba byatezaga icyuho mu ireme ry’uburenzi. Umuyobozi w’Ishuri ribanza rya EPR Karama, Muntwali Alodie, avuga ko abana batashoboraga kumenya gusoma neza bose kubera […]

Ruhango: Urubyiruko rufite intego yo kwigira ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu.

Nyuma yo gusura umupaka wa Kagitumba mu karere ka Nyagatare ahatangirijwe urugamba rwo kubohora igihugu, bamwe mu rubyiruko rw’abakorerbushake rwo mu karere ka Ruhango baravuga ko a mateka y’uruygamba rwo kubohora igihugu, babonye  agiye kubigihsa gukora cyane bakiteza imbere ibyo ubuyobozi bw’aka karere buheraho buvuga ko amasomo babonye agiye kubafasha kwitangira ibikorwa bizamura iterambere ry’abatuye aka karere. Urubyiruko rw’abakorerabushake rwo […]

Amakimbirane ni bimwe mu bibazo byugarije umuryango ndetse bigatera n’ubukene kuko abagize umuryango badakora ngo biteze imbere

Amakimbirane ni bimwe mu bibazo byugarije umuryango nyarwanda nkuko tubigaragarizwa na bamwe mu bagize umuryango uharanira amahoro n’iterambere OPD mu kiganiro twagiranye kuwa 25.10. 2022 Mukiniro na Maître MUJAWAMARIYA Dathive umuyobozi wa OPD avuga ko Kurwanya amakimbirane mu muryango biba bigamije kwimakaza umuco w’amahoro bityo umuryango ugatera imbere. Aragira ati “myubyukuri kurwanya amakimbirane mu muryango bifasha kwimakaza amahoro ku buryo […]

Kwirinda amakimbirane isoko y’amahoro n’iterambere

Bamwe mu batuye akarere ka Muhanga bavuga ko hari ubwo amakimbirane akura avuye ku muntu umwe agakwira mu baturanyi ndetse bikagira ingaruka ku bantu banshi Valens Ndikumana atuye mu murenge wa Nyamabuye avuga ko yari yaratewe umujinya n’uburyo yari yarimwe icyangombwa cy’ubutaka kuko kitari gihuye n’indangamuntu avuga ati’’ nagiye kugurisha isambu nsanga icyagombwa cyanjye kitariho amazina yanjye y’ukuri ngiye kugikosoza […]

Muhanga: Kubana badashyingiranye,intandaro y’amakimbirane yo mungo hagati ya bamwe mubashakanye bo mumurenge wa Kibangu

Bamwe mubatuye mumurenge wa Kibangu mukarere ka Muhanga bavuga ko hakiri ingo zikibanye mu makimbirane ibyo badatinya kuvuga ko binagira ingaruka ku iterambere ry’umuryango, ndetse n’abana bavuka muriyo miryango ugasanga bibagizeho ingaruka zirimo no kutajya mu ishuri, nubwo ubuyobozi bw’intara y’amagepfo bwo buvuga ko bukomeje ubukangurambaga. Muhimpundu Beatrice nna Uwera Marie Oliva, bavuga ko ubuyobozi bwagerageje kubegera kugirango bubigishe ibyiza […]