Kayonza: Ikigo cy’igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso bya Gihanga kigiye guhugura ku gukura imirambo mumazi hirindwa gusibanganya ibimenyetso

Ikigo cy’igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso bya Gihanga byifashishwa mu butabera kiratangaza ko kigiye guhugura abafite aho bahuriye no gukura abantu mu mazi barohamye cyangwa bajugunywemo kugirango kubakuramo bige bikorwa n’ababifitiye ubumenyi mu rwego rwo kwirinda ko habaho gusibanganya ibimenyetso bigaragaza ikishe uwo muntu wasanzwe mu mazi yapfuye. Ubwo hasozwaga ubukangura mbaga bwo kwigisha abayobozi b’inzego zibanze imikorere y’ Ikigo cy’ […]

Muhanga: Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga burasaba urubyiruko kwirinda ingeso mbi zirimo no gukoresha ibiyobyabwenge.

Mu gihe urubyiruko rumwe ruvuga ko ingeso mbi n’ibiyobyabwenge bihari ngo ahanini usanga ababikoresha babiterwa n’irari ryo kwifuza byinshi, Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga burasaba urubyiruko kwirinda gukoresha ibiyobyabwenge n’izindi ngeso mbi, rukumvira inama rugirwa ndetse rukagira imitekereze yagutse itegura ejo hazaza heza. Bamwe  murubyiroko rwitabiriye ubukangurambaga bwateguwe n’itorero EAR diyoseze ya shyogwe mu karere ka Muhanga, bugamije kwigisha urubyiruko kwirinda […]

Ruhango: Baranenga uko inzego zibanze zitwara mu kubaka umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza.

  Bamwe mu batuye mu   murenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, baranenga uburyo abayobozi b’inzego zibanze bakoresha iyo bari kubasaba umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza nkaho  ababuze umusanze babakura mu mirimo yabo, bakirirwa babazengurukana, nyamara ngo ako kazi ariko bakoraga  kashoboraga guvamo amafaranga yo kwishyura umusanzu wa mutuel, ibituma bifuza ko ubu buro                  […]

SPORTSLIVE: Amavubi yemerewe miliyoni 75 naramuka asezereye Ethiopia, mu gihe mukura VS iri gusaba umuhisi n’umugenzi

Ryari ijoro ryiza cyane, ryo ku wa kabiri tariki ya 30 kamena 2022, ku kubasore b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda amavubi ubwo basurwaga n’abayobozi batandukanye mu ijoro ryiswe “ijoro ry’inkera y’abahizi”, Ni ijoro ryateguwe ngo harebwe uburyo ikipe y’igihugu y’u Rwanda (amavubi) yazitwara neza mu mukino wo kwishyura amavubi azahuramo na Ethiopia mu ijonjora ryo guhatanira itike yo kwerekeza mu mikino […]

Muhanga: Abanyamuryango ba FPR barasabwa kwitwara neza.

Abanyamuryango b’umuryango wa FPR Nkotanyi bo mu murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, barasabwa n’ubuyobozi bw’umuryango muri uyu murenge kwirinda ingesombi zirimo no kwishora mu biyobyabwenge, ahubwo bagaharanira kuba ku isongo mu kubaka u Rwanda. Ibi babisabwe mu nama rusange y’abanyamuryango ba FPR Nkotanye ku rwego rw’umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, aho muri iyi nama bibukijwe ko […]

Nyamagabe:Bakomeje kwifuza ko uruganda rw’ingano rwakongera gutunganya umusaruro wabo

Ifoto yavuye ku gihe.com Mugihe bamwe mubahinzi b’ingano bo mu karere ka Nyamagabe, bakomeje kwibaza impamvu ubuyobozi butabafasha ngo uruganda rwatunganyaga ingano rwongere gusubukura imirimo Yo kuzitunganya, bikaba kandi binakomeje gutuma abampamyi babaha amafaranga makeya ku musaruro baba bejeje, Perezida wa Repuburilka Paul KAGAME arasaba abayobozi b’aka karere n’abo muzindi nzego zitandukanye kwita kuri iki kibazo cyikabonerwa umuti urambye. Inkuru […]

Nyamagabe: Perezida wa repuburika yasabye abayobozi gukemura ikibazo cy’ibiciro by’ubukode nta ruhande bahutaje.

Ifoto twayikuyeye kuri Kigali to day  Mugihe bamwe mu bacururiza mu isoko rya kijyambere rya Nyamagabe riherereye mu karere ka Nyamagabe mu ntara y’amajyepfo, bakomeje kuvuga ko ubukode bishyura aho bakorera buri hejuru ku uburyo bifuza ko ubuyobozi bwabafasha igiciro bishyura Ncyigabanuka, Perezida wa repuburika Paul kagame arasaba ubuyobozi bw’akarere ka nyamagabe gukemura icyo kibazo nta ruhande na rumwe rubangamiwe. […]

Nyamagabe: Perezida wa Repuburika aranenga abayobozi badaterwa isoni no kudakemura ibibazo by’abaturage

Ifuto twayikuyeye ku gihe Uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Repuburika ari kugirira mu ntara y’amajyepfo n’iyuburengerazuba, yakomoje kubayobozi bumva ibibazo by’abaturage barangiza bakicecekera, kugeza ubwo abaturage barambiwe kwiruka mu buyobozi ibibazo byabo bikarangira babiretse. Ibi perezida wa Repuburika Paul Kagame akaba yabigarutseho, ubwo mu ruzinduko ari kugirira mu karere ka Nyamagabe yakiraga ibibazo by’abaturage bitandukanye birimo ibyimanza zitarangizwa, ibishingiye ku […]