Perezida Paul KAGAME arasaba minisitri Jean Claude Musabyimana gukorera abanyarwanda

Mu muhango wo kwakira indahiro ya Minisitri ugiye kuyobora minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, Perezida wa repuburika Paul KAGAME, arasaba minisitri Jean Claude Musabyimana gukorera abanyarwanda bitari mu magambo gusa, ibi akaba Perezida abimusabye nyuma yo kwakira indahiro ye yo kuba agiye gusimbura GATABAZI J.M.V ku kuyobora IYI minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu. Mu muhango wo kwakira indahiro ya minisitiri mushya ugiye kuyobora minisiteri […]

Muhanga: Abahinzi ntibizeye kubona ibikoresho bavomereza imyaka mugihe imvura ikomeje kuba nkeya

Bamwe mubahinzi bo mu karere ka Muhanga umurenge wa Cyeza, ubwo bitanayaga n’Ubuyoyobozi bw’akarere ka Muhanga mu gutangiza gahunda yo kubaha ifumbire bahawe kuri nkunganire ya 100% mun rwego rwo kubafasha kongera umusaruro, bakaba bagaragariza ubuyobozi bwabo ibibazo birimo kubura ibikoresho byo kuvomereza imyaka yabo muri iki gihe imvura ikomeje kuba nkeya. Mugikorwa cyo gufata ifumbire yo guteza ibighori mu […]

Ngororero: Umuvunyi arasaba abayobozi gukemura ibibazo by’abaturage bidategereje ubuyobozi bwo hejuru

Abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka ngororero barasabwa kujya bacyemura ibibazo by’abaturage kugihe, batarindiriye ko ubuyobozi bwo hejuru bumanuka bukaba aribwo bubicyemura, na cyane ko haribyo bwakira byakabaye byaracyemukiye munzego zo hasi. Mukarere ka ngororero, abaturage bo mumirenge itandukanye bahuriye kuri stade ya Rususa, IHEREREYE MU MURENGE WA Ngororero aho bagaragazaga ibibazo bafite bitandukanye babigaragariza ubuyobozi bw’umuvunyi ndetse n’ubw’akarere kugirango […]

Ruhango: Amaze imyaka isaga 28 atagira icyangombwa kimuranga kubera kutandikishwa mu irangamimerere

Umusore witwa MUSINGIZE Emmanuel ubarizwa mu mudugudu w’i Pate mu kagali  ka Mwendo Umurenge wa Mbuye akarere ka Ruhango, kuri ubu utagira icyangombwa nakimwe kimuranga, arasaba ubuyobozi bw’umurenge kumworohereza akabona serivisi z’iranga mimerere, kuko ngo nyina wakabaye yaramwandikishije mu iranga mimerere yabyanze ndetse kuri ubu yamaze kumuta akigendera akaba atazi n’aho yamaze kwerekeza.   Umusore witwa Musingize Emmanuel ubarizwa mu […]

Ruhango: Urubyiruko rufite intego yo kwigira ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu.

Nyuma yo gusura umupaka wa Kagitumba mu karere ka Nyagatare ahatangirijwe urugamba rwo kubohora igihugu, bamwe mu rubyiruko rw’abakorerbushake rwo mu karere ka Ruhango baravuga ko a mateka y’uruygamba rwo kubohora igihugu, babonye  agiye kubigihsa gukora cyane bakiteza imbere ibyo ubuyobozi bw’aka karere buheraho buvuga ko amasomo babonye agiye kubafasha kwitangira ibikorwa bizamura iterambere ry’abatuye aka karere. Urubyiruko rw’abakorerabushake rwo […]

Kamonyi na Muhanga: Babangamiwe n’urugomo rw’abana biyita marine bafatanyamo na rumwe mu rubyiruko

Bamwe mu batuye turere twa kamonyi na muhanga baturiye isantere ya Cyanika iri hagati y’imirenge ya Musambira na Cyeza, barifuza ko inzego zubuyobozi zibafasha kugemura ikibazo cy’abana bazwi kwizina rya marine n’urubyiruko usanga bakora ubujura buvanze n’urugomo rwo guhohotera abo bibye. Isantere ya cyanika, ni isanere iherereye hagati y’umurenge wa cyeza mukarere ka muhanga n’umurenge wa musambira mu karere ka […]

Nyanza: Mu muganda rusange meya yasabye abanyenyanza kwita ku isuku yo mu ngo zabo

Mugihe bamwe mubatuye akarere ka Nyanza basaba abanyarwanda muri rusange kujya bitabira gahunda za leta zirimo n’umuganda, ubuyobozi bw’aka karere bwo burasaba abaturage muri rusange kwita ku isuku y’iwabo ubundi bagashishikariza abana kugana ishuri. Mu muganda rusange usoza ukwezi kwa nzeri wabereye mu karere ka Nyanza mu ntara y’amajyepfo wahuje ubuyobozi bw’aka karere hamwe n’ikipe ya Rayon Sport,bamawe mubatuye aka […]

Muhanga: Rongi, barifuza ishuri ry’imyuga barota mu nzozi

  Bamwe mu batuye umurenge wa Rongi mu karere ka Muhanga baravuga ko bakeneye ubuvugizi bakabona aho abana babo biga imyuga kuko kugeza ubu nta shuri na rimwe ry’imyuga riragera muri uyu murenge, kuburyo   abana babo  bagikora urugendo bajya kwiga imyug mu yindi mirenge. Umurengewe Rongi tuwe n’abaturage 32162. Abaturage baganiriye n’umunyamakuru ni abo mu kagali ka Gasharu umurenge wa […]

Ruhango: Baranenga uko inzego zibanze zitwara mu kubaka umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza.

  Bamwe mu batuye mu   murenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, baranenga uburyo abayobozi b’inzego zibanze bakoresha iyo bari kubasaba umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza nkaho  ababuze umusanze babakura mu mirimo yabo, bakirirwa babazengurukana, nyamara ngo ako kazi ariko bakoraga  kashoboraga guvamo amafaranga yo kwishyura umusanzu wa mutuel, ibituma bifuza ko ubu buro                  […]

Muhanga: Abanyamuryango ba FPR barasabwa kwitwara neza.

Abanyamuryango b’umuryango wa FPR Nkotanyi bo mu murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, barasabwa n’ubuyobozi bw’umuryango muri uyu murenge kwirinda ingesombi zirimo no kwishora mu biyobyabwenge, ahubwo bagaharanira kuba ku isongo mu kubaka u Rwanda. Ibi babisabwe mu nama rusange y’abanyamuryango ba FPR Nkotanye ku rwego rw’umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, aho muri iyi nama bibukijwe ko […]