Ruhango: Bweramana arashinja mudugudu ku muhohotera aho kumufasha gukemura amakimbirane afitenye n’umugorewe

  U witwa Bimenyimana Ildephonse utuye mu mudugudu wa Rwingwe akagari ka Murama Umurenge wa Bweramana akarere ka Ruhango, aratunga urutoki umukuru w’umudugudu ku muhohotera, aho ku mufasha gukemura ikibazo cy’amakimbirane ashingiye ku mitungo afitanye n’umugore we bashakanye byemewe n’amategeko kuri ubu ngo wamaze no kumwirukana muri iyo mitungo. Bimenyimana Ildephonsi wo mu mudugudu wa Rwingwe akagari ka Murama Umurenge […]

Ruhango: Byimana barifuza ko amakimbirane ari mu mu ryango wa KAMUZIMA Eugenie ashakirwa igisubizo

  Bamwe mu baturanyi b’umuryango wa Kamuzima Eugenien’umugabo we Nzeyina Reonard batuye mu kagari ka Mpanda Umurenge wa Byimana akarere ka Ruhango, barasaba ubuyobozi kwita kukibazo cy’ihohoterwa uyu mugore ahora akorerwa n’uwo mugabo kumubuza uburenganzira ku mu mitungo yabo. Kamuzima Eugenie umugore uri mumyaka 60 y’amavuko w’abana batatu n’umugabo umwe utuye mu mudugudu wa Nyaburondwe mu kagari ka Mpanda Umurenge […]

Ruhango: gushakirwa imbuto y’imyumbati n’urutoki isimbura iyamaze ku rwara

Mu gihe bamwe mu bahinzi b’imyumbati n’urutoki bo mu murenge wa Mbuye n’uwa Kinihira mu karere ka Ruhango, bataka ubukene baterwa n’indwara zibasiye ibyo bihingwa bikaba bitagitanga Umusaruro, abashakashatsi m’ubuhinzi bo bakorera mu ishami ry’ubushakashatsi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda RAB, bavuga ko guhinga imbuto yahinduriwe uturemangingo ari igisubizo kirambye cy’indwara zibasira ibihingwa. Indwara  yatatse […]

Kamonyi na Muhanga: Babangamiwe n’urugomo rw’abana biyita marine bafatanyamo na rumwe mu rubyiruko

Bamwe mu batuye turere twa kamonyi na muhanga baturiye isantere ya Cyanika iri hagati y’imirenge ya Musambira na Cyeza, barifuza ko inzego zubuyobozi zibafasha kugemura ikibazo cy’abana bazwi kwizina rya marine n’urubyiruko usanga bakora ubujura buvanze n’urugomo rwo guhohotera abo bibye. Isantere ya cyanika, ni isanere iherereye hagati y’umurenge wa cyeza mukarere ka muhanga n’umurenge wa musambira mu karere ka […]

Kamonyi: Haracyari abagore bo mu cyaro babuzwa n’abagabo babo kwaka inguzanyo zo kwiteza imbere

Bamwe mu bagore babarizwa mu bice by’icyaro by’akarere ka Kamonyi mu murenge wa Kayumbu, baravuga ko hakiri abagabo bakizitira abagore bashakanye nabo mu kwiteza imbere, kubera uburyo bababuza kwaka inguzanyo yo kwihangira, ibikomeza kubaheza inyuma mu iterambere. Mugihe leta ikangurira umugore wo mucyaro guhaguruka akitabira imirimo imuteza imbere, bamwe mubagore bo mucyaro bo mu murenge wa kayumbu akarere ka kamonyi, […]

Muhanga: Abagore bo mu cyaro nta soko bafite ry’umusaruro bakura mubyo bakora

Bamwe mubagore bo mukarere ka Muhanga, umurenge wa kiyumba nubwo bavugako ko biteje imbere biturutse ku bikorwa by’ubuhinzi n’ubukorikori, baragaragaza ko bagifite imbogamizi zo kubona aho bacururiza ibikorwa byabo bitewe nuko aho babikorera ari mucyaro hatari abaguzi bahagije bagura umusaruro baba bakuye mu bikorwa bakora. Abagore bavuga jko biteje imbere babikesha gukora ibikorwa by’ubuhinzi n’ubwirozi hamwe n’ubukorikori, ni bamwe mu […]

Nyanza:Cyabakamyi abagore nta makuru bafite kuri BDF yakabafashije kubona inguzanyo yo kwiteza imbere

  Bamwe mu bagore b’amikoro make bo mu murenge w’igice cy’icyaro wa Cyabakamyi akarere ka Nyanza, baravuga ko kutagira amakuru yabafasha kugirana imikoranire na BDF (ikigega gifasha urubyiruko n’abagore b’amikoro make mu kubona ingwate) bituma bagorwa no kubona inguzanyo mu bigo by’imari bakwifashisha biteza imbere. Umurenge wa Cyabakamyi wo mu karere ka Nyanza bigaragara ko uri mu gice cy’icyaro. Bamwe […]

Nyanza:Cyabakamyi kutagira ibibuga by’imikino bituma batagaragaza impano bafite

Urubyiruko rwo mu murenge wa Cyabakamyi mu karere ka Nyanza, ruravuga ko kuba nta bibuga bafite by’imikino bituma bibera mu bwigunge kuko rutabasha bgukina imikino itandukanye, ibyo baheraho bifuza ko iki kibazo cyabo gishakirwa igisubizo mu rwego rwo kubafasha kubona aho rwidagadurira na cyane ko hari abo bigiraho ingaruka zo kwishora mu biyobyabwenge. Urubyiruko rwo mu akagari karama n’utundu dutandukanye […]

Rubavu: Kujyana abana mu marerero no kumenya kubatekera indyo yuzuye biri kuvura igwingira n’imirire mibi

Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Rubavu batunzwe no gukora imirimo y’ubucuruzi buciriritse bwambukiranya Umupaka muto Uhuza igihugu cy’U Rwanda na RDC, bavuga batarabona amarerero yo gusigamo abana babo hakanakubitiraho kubatererana bahugiyemu bucuruzi, byatumaga abana babo bahura n’ikibazo cy’imirire mibi n’Igwingira, nubwo kuri ubu ngo babifashijwemo n’ubuyobozi icyo kibazo kiri kugabanuka nyuma yo kubona amarerero yo kubasigamo. Ababyeyi barimo […]

Nyanza: Mu muganda rusange meya yasabye abanyenyanza kwita ku isuku yo mu ngo zabo

Mugihe bamwe mubatuye akarere ka Nyanza basaba abanyarwanda muri rusange kujya bitabira gahunda za leta zirimo n’umuganda, ubuyobozi bw’aka karere bwo burasaba abaturage muri rusange kwita ku isuku y’iwabo ubundi bagashishikariza abana kugana ishuri. Mu muganda rusange usoza ukwezi kwa nzeri wabereye mu karere ka Nyanza mu ntara y’amajyepfo wahuje ubuyobozi bw’aka karere hamwe n’ikipe ya Rayon Sport,bamawe mubatuye aka […]