Amajyepfo: Kibirizi na Save Abagore barashinjwa guhohotera abagabo bitwaje uburinganire n’ubwuzuzanye

NYANDWI Philbert na mugenziwe BIZIMANA Emmanuel baravuga ko bahohoterwa nabo bashakanye biturutse kubagore babo bitwaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye bigatera amakimbirane mu miryango yabo Nyandwi Philbert Aho yagize “Ati Ngewe narumiwe ibi bera inaha muri gisagara nukurara munduru gusa  abagore baraduhohotera cyane kuburyo mbo na nanjye nzigendera aho kugirango tuzicane  nzagenda nkabandi bagenda bagata ingo zabo none se hari aho umugore […]

Ngororero: Baravuga ko Covid-19 yabaye intandaro yo kwiyongera kw’amakimbirane yo mungo

  Bamwe mu baturage bo mukarere ka ngororero baravuga ko mu bihe bya covid-19 hari abagore barushijeho guhura n’ibibazo by’ihohoterwa birimo no gukubitwa n’abagabo bashakanye cyangwa bakabaraza ku nkeke bitwaje ubukene bwo mu miryango. Nsanzimana Epimaque, Nyirasafari Claudette na Yankurije Liberatta ni bamwe mubaturage batuye mumurenge   wa Ngororero, mu Karere ka Ngororero, bavuga agahinda kagaragara mu miryango imwe n’imwe yo […]

Musanze: Kutamva kimwe ihame ry’uburinganire intandaro y’abagabo baharika abagore babo

Abatuye akarere ka Musanze baravuga ko kumva nabi uburinganire kwa bamwe mu bagore ari kimwe mu mpamvu zitera ihohoterwa n’amakimbira mu muryango, ku uburyo ngo rimwe narimwe usanga bamwe mu bagabo bahitamo guharika abagore babo bakajya gushaka izindi ngo ku uruhande bitewe no ku tumvikana ku ihame ry’uburinganire. Aba batuye mu karere ka Musanze barimo umubyeyi witwa UWAJENEZA Martha, BARIKUMWENAYO […]

Ruhango: Kinihira aratabaza ubuyobozi nyuma y’uko umugore amutaye agatwara n’abana

Umugabo witwa Nyandwi John utuye mu kagari ka Nyakogo Umurenge wa Kinihira akarere ka Ruhango, arasaba ubuyobozi kumufasha bukinjira mu kibazo afitanye n’umugorewe bashakanye byemewe n’amategeko wataye urugo asahuye n’imwe mumitungo bari bafite. Nyandwi John umugabo utuye mu mudugudu wa Bweramana mu kagari ka Nyakogo Umurenge wa Kinihira akarere ka Ruhango aravuga uburyo yahuye n’impanuka bikarangira n’umugorewe amutaye akajya kwishakira […]

Ruhango: Bweramana arashinja mudugudu ku muhohotera aho kumufasha gukemura amakimbirane afitenye n’umugorewe

  U witwa Bimenyimana Ildephonse utuye mu mudugudu wa Rwingwe akagari ka Murama Umurenge wa Bweramana akarere ka Ruhango, aratunga urutoki umukuru w’umudugudu ku muhohotera, aho ku mufasha gukemura ikibazo cy’amakimbirane ashingiye ku mitungo afitanye n’umugore we bashakanye byemewe n’amategeko kuri ubu ngo wamaze no kumwirukana muri iyo mitungo. Bimenyimana Ildephonsi wo mu mudugudu wa Rwingwe akagari ka Murama Umurenge […]

Ruhango: Byimana barifuza ko amakimbirane ari mu mu ryango wa KAMUZIMA Eugenie ashakirwa igisubizo

  Bamwe mu baturanyi b’umuryango wa Kamuzima Eugenien’umugabo we Nzeyina Reonard batuye mu kagari ka Mpanda Umurenge wa Byimana akarere ka Ruhango, barasaba ubuyobozi kwita kukibazo cy’ihohoterwa uyu mugore ahora akorerwa n’uwo mugabo kumubuza uburenganzira ku mu mitungo yabo. Kamuzima Eugenie umugore uri mumyaka 60 y’amavuko w’abana batatu n’umugabo umwe utuye mu mudugudu wa Nyaburondwe mu kagari ka Mpanda Umurenge […]

Kamonyi: Haracyari abagore bo mu cyaro babuzwa n’abagabo babo kwaka inguzanyo zo kwiteza imbere

Bamwe mu bagore babarizwa mu bice by’icyaro by’akarere ka Kamonyi mu murenge wa Kayumbu, baravuga ko hakiri abagabo bakizitira abagore bashakanye nabo mu kwiteza imbere, kubera uburyo bababuza kwaka inguzanyo yo kwihangira, ibikomeza kubaheza inyuma mu iterambere. Mugihe leta ikangurira umugore wo mucyaro guhaguruka akitabira imirimo imuteza imbere, bamwe mubagore bo mucyaro bo mu murenge wa kayumbu akarere ka kamonyi, […]

Muhanga: Abagore bo mu cyaro nta soko bafite ry’umusaruro bakura mubyo bakora

Bamwe mubagore bo mukarere ka Muhanga, umurenge wa kiyumba nubwo bavugako ko biteje imbere biturutse ku bikorwa by’ubuhinzi n’ubukorikori, baragaragaza ko bagifite imbogamizi zo kubona aho bacururiza ibikorwa byabo bitewe nuko aho babikorera ari mucyaro hatari abaguzi bahagije bagura umusaruro baba bakuye mu bikorwa bakora. Abagore bavuga jko biteje imbere babikesha gukora ibikorwa by’ubuhinzi n’ubwirozi hamwe n’ubukorikori, ni bamwe mu […]

Nyanza:Cyabakamyi abagore nta makuru bafite kuri BDF yakabafashije kubona inguzanyo yo kwiteza imbere

  Bamwe mu bagore b’amikoro make bo mu murenge w’igice cy’icyaro wa Cyabakamyi akarere ka Nyanza, baravuga ko kutagira amakuru yabafasha kugirana imikoranire na BDF (ikigega gifasha urubyiruko n’abagore b’amikoro make mu kubona ingwate) bituma bagorwa no kubona inguzanyo mu bigo by’imari bakwifashisha biteza imbere. Umurenge wa Cyabakamyi wo mu karere ka Nyanza bigaragara ko uri mu gice cy’icyaro. Bamwe […]

Nyanza:Cyabakamyi kutagira ibibuga by’imikino bituma batagaragaza impano bafite

Urubyiruko rwo mu murenge wa Cyabakamyi mu karere ka Nyanza, ruravuga ko kuba nta bibuga bafite by’imikino bituma bibera mu bwigunge kuko rutabasha bgukina imikino itandukanye, ibyo baheraho bifuza ko iki kibazo cyabo gishakirwa igisubizo mu rwego rwo kubafasha kubona aho rwidagadurira na cyane ko hari abo bigiraho ingaruka zo kwishora mu biyobyabwenge. Urubyiruko rwo mu akagari karama n’utundu dutandukanye […]