Kamonyi: Habyarimana Jean w’imyaka 76 arasaba gufashwa kubona uko yagezwa kwa muganga

Inkuru kuwa 6 kanama 2023. Umuryango wa Habyarimana Jean w’imyaka 76 na Mukantagara Dativa batuye mumurenge wa Nyarubaka, mukagari ka Ruyanza, umudugudu wa Gitega barasaba gufashwa uyu Habyarimana jean akabasha kubona uko agezwa kwa muganga kugirango yitabweho kukibazo cy’ubumuga afite bwamufatanyije bimwe mubice by’umubiri aho kugeza ubu amaguru n’amaboko bitakibasha gukora. Uyu Habyarimana mu ijwi ryumvikanamo imbaraga nke zuburwayi bwamufatanyije […]

Gakeenke: Abafite ubumuga butandukanye barasaba gufashwa kujya bahabwa insimburangingo n’inyunganirangingo binyuze mubwisungane mukwivuza(Mituel de Sante)

Abafite ubumuga butandukanye bo mu murenge wa Mataba akarere ka Gakenke, barasaba inzego bireba byumwihariko ubuyobozi bw’inama y’igihugu y’abafite ubumuga mu Rwanda, kubakorera ubuvugizi bakajya bemererwa guhabwa insimburangingo n’inyunganirangingo bakoresheje ubwishingizi basanzwe bivurizaho bwa Mutueli de sante. Aba baturage bavuga ko usanga hari zimwe muri servise z’ubuvuzi batabasha kubona kubera kubura ubushobozi, ikibazo bavuga ko gishingiye kuba iyo bagannye ibitaro […]

Nyanza: Abafite ubumuga bwo kutabona baravuga ko bafite imbogamizi yo kutabasha gukoreha Telefone zinjira mu gihugu

Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bo mu karere ka Nyanza mu ntara y’amajyepfo, bavuga ko n’ubwo hari aho u Rwanda rugeze  mu iterambere ryo gukoresha ikoranabuhanga cyane cyane irya Telefone, kuribo bafite imbogamizi zo kuba ku isoko mu gihugu nta Telefone zihari abafitye ubumuga bwo kutabona bashobora gukoresha. Bavuga ko bifuza ko hakwiye gushyirwaho gahunda ya Telefone zinjira mu […]

Ngororero: Abatuye umurenge wa kagero baracyafite imyumvire yo guheza abafite ubumuga bwo mu mutwe

Bamwe mubatuye Umurenge wa Kageyo umwe mu mirenge y’akarere Ka Ngororero ikora ku ishyamba rya gishwati, baravuga ko hari bamwe muri bagenzi babo bagifite imyimire yo kumva ko ufite ubumuga bwo mu mutwe ntacyo amaze mu muryango ahubwo ari uwo kuwuteza ibibazo birimo no kwangiza ibintu, ibintu bavuga bahereye ku kuba abafite ubumuga bwo mu mutwe, ngo usanga ntakindi babasha […]

Ngororero: Bamwe mubatuye umurenge wa kagero baracyafite imyumvire yo guheza abafite ubumuga bwo mu mutwe

Bamwe mubatuye Umurenge wa Kageyo umwe mu mirenge y’akarere Ka Ngororero ikora ku ishyamba rya gishwati, baravuga ko hari bamwe muri bagenzi babo bagifite imyumire yo kumva ko ufite ubumuga bwo mu mutwe ntacyo amaze mu muryango , ahubwo ari uwo kuwuteza ibibazo birimo no kwangiza ibintu. Ibintu bavuga bahereye  ku kuba abafite ubumuga bwo mu mutwe, ngo usanga ntakindi […]

Rwanda : Uruhare rw’urubyiruko mu ikoranabuhanga mu buhinzi

Ikigo cy’igihugu cy’iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB kirashishikariza urubyiruko kwitabira ubuhinzi bukoresha ikoranabuhanga by’umwihariko kugira ubumenyi ku miterere y’imbuto zivuguruye bishingiye ku turemangingo twazo mu rwego rwo gutanga umusanzu wabo mu kuzamura umusaruro w’ubuhinzi.   Kugirango ubuhinzi n’ubworozi bubashe gutanga umusaruro hakenewemo ikoranabuhanga mu rwego rwo gutuma ibibazo bituma igipimo cy’umusaruro ku gihingwa kitagerwaho bibonerwe umuti . “Ubuhinzi burambye bukeneye ko […]

Rwanda: ikoranabuhanga mu mbuto mu kuzamura umusaruro w’imyumbati

    MugIhe bamwe mu bahinzi bavugako hari ukugabanuka k’umusaruro w’imyumbati,abashakashatsi bo bemezako ikoranabuhanga harimo no guteza imbere ikoreshwa rya GMO byafasha mu gukemura icyo kibazo Matabaro david n’umuhinzi w’imyumbati wabigize umwuga mu karere ka Ruhang,avugako hagenda hagaragara umusaruro muke kubera abahinzi bapfa guhinga imbuto babonye, imyumvire  ndetse ni indwara za hato na hato zibasira icyo gihingwa.; akavugako ikoranabuganga mu […]

Ruhango:Imyumvire ya bamwe mu babyeyi ibangamiye gahunda y’igi rimwe ku ifunguro ry’umwana

  Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Kabagali akarere ka Ruhango cyane cyane biganjemo abagabo, baragaragaraho kugira imyumvire yokuba mu kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana babo bari munsi y’imya itanu badashobora kubabonera igi ryo kubagaburira. Mugihe inzego zita kubuzima mu kigo cy’igihugu cyita ku buzima RBC byumwihariko mu ishami ry’iki kigo rifite mu nshingano kwita ku mikurire y’abana […]

Kamonyi: G S Ruramba barasabaababbyeyi gukomeza kwigisha abarangije amashuri y’incuke bitegura kujya mu wambere w’amashuri abanza

  Ubuyobozi bw’inama y’Ababyeyi barerera ku ishuri rya GS Ruramba riherereye mu murenge wa Rugalika mu karere ka Kamonyi, hamwe n’ubuyobozi bw’akagali ka Masaka barasaba ababyeyi bafite abana barangije mu mwaka wa gatatu w’ikiciro cy’amashuri y’incuke, gukomeza kubitaho babafasha muri iki gihe kibiruhuklo kugirango bazabashe gutangira umwaka wa mbere umwaka utaha badasubiye inyuma. Aba nibamwe mu bana barangije umwaka wa […]

Ruhango: Ruhango Barashima Perezida wa Repuburika n’abafatanya bikorwa bafatanyije gutera ibiti mu mayaga kuri ubu akaba atoshye

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango burasaba abatuye aka karere cyane cyane batuye mu gice cy’amayaga, gushimira umukuru w’igihugu n’abafatanyabikorwa bafatanyije nawe mu gufasha abaturage gutera ibiti muri iki gice cy’amayaga kuri ubu akaba atoshye nyamara yarahoze ari ubutaye burwangwa ni izuba ryinshi nimiyaga yatwaraga ibisenge by’amazu. Mu marushanwa y’umupira w’amaguru ryateguwe n’umushinga Green Amayaga, ndetse muri aya marushanwa abatuye umurenge wa […]