Ababeyi bafite abana biga ku kigo cya G.S Muyunzwe akarere ka Ruhango, bakeneye ko iki kigo hubakwa amashuri y’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 12.

Bamwe mu babyeyi bo mu kagari ka Muyunzwe ko mu murenge wa Kinihira akarere ka Ruhango bafite abana biga mu burezi bw’ibanze bw’imyaka 9 na 12. Bavuga ko  kuba ikigo cya G.S Muyunzwe  kiri mu kagari batuyemo kitagira ikiciro cy’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 12, abanyeshuri baharangiza mu kiciro rusange cy’uburezi bw’ibanze bw’imyaka9, usanga bagorwa no gukora ingendo zitari nto bajya kwiga […]

Ngororero: Abafatanyabikorwa bihaye umukoro wo kurandura igwingira ry’abana

Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Ngororore JADF Isangano baratangaza ko biyemej kurandura igwingira mu bana, barushaho kwigisha abaturage kuko ibyo kurya byo bihari. Ibyo kurandura igwingira ry’abana mu karere ka Ngororero  abafatanya bikorwa b’aka karere  bakaba babitangarije mu gikorwa cy’imirukabikorwa ryari rimaze iminsi itatu, rikaba  ryashojwe kuri uyu wakane tariki ya 9  Gicurasi 2024, aho Umuyobozi w’iri huriro ry’aba […]

Kamonyi: Abacitse kwicumu rya genocide yakorewe abatutsi barasabwa gufatanya n’ubuyobozi kwimurira imibiri y’inzirakarengane zazize genocide mu rwibutso rw’akarere

Mugihe hibukwaga inzirakarengane zazize genocide yakorewe abatutsi mu 1994 mu cyahoze ari komine musambira kuri ubu akaba ari mu murenge wa Musambira mu karere ka Kamonyi, Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi burasaba abacitse ku icumu rya genocide yakorewe abatutsi gufatanya nu Ubuyobozi kugirango imibiri y’ inzirakarengane zazize genocide yakorewe abatutsi ibashe kwomurirwa mu nzibutso mu rwego rwo gukomeza gusigasira amateka ya […]

Nyanza: Abahinzi bahinga mu gishanga cya Mwogo bafite igihombo baterwa niyangirika ryiki gishanga

Bamwe mu bahinzi bakorera ubuhinzi bwabo mu gishanga cya Mwogo giherereye hagati y’imirenge ya Rwabicuma na Nyagisozi yo mu karere ka Nyanza, baravuga ko imyaka irenze 4 bategereje gutunganyirizwa iki gishanga none amaso akaba yaraheze mukirere, ariko ngo byahumiye kumurari aho ngo haje ibirombe bicukura amabuye y’agaciro none itaka ryose risigaye rimanukira mumirima yabo kandi ngo iyo ibi bitaka bigeze […]

Huye: Mu murenge wa Kinazi aho bashyinguraga ababo bapfuye bahahaye abasirikare none ubu baritwikira ijoro bajya gushyingura ahatamewe n’amategeko.

Abatuye mutugali twa Byinza na Gitovu mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye, nibo bumvikana basaba ko bahabwa irimbi rusange nyuma yuko iryo bashyinguragamo ubu butaka bwahawe abasirikare, ku uburyo n’aho baberetse bajya bashyingura babaca amafaranga ibihumbi 50 igiciro bavuga ko kiri hejuru ugereranije n’amikoro yabo, ibituma ngo hari igihe ubu abaturage bitwikira ijoro bakajya gushyingura ababo ahatemewe n’amategeko, […]

Gicumbi-Rubaya: Urubyiruko ruzatora bwambere abadepite n’umukuru w’igihugu, ruvuga ko rwiyemeje kuzatora abashoboye kumva ibibazo byarwo no kubikemura

Bamwe mu rubyiruko rwo mu murenge wa Rubaya akarere ka Gicumbi bazitabira bwambere amatora yabadepite numukuru wigihugu, bavuga ko nyuma yo gusobanurirwa imigendekere yamatora mu gihe cyo kujya gutora bazatora abashoboye kumva ibibazo byabo bakanabikemura. Nyuma y’ikiganiro cyateguwe numuryango wabanyamakuru baharanira amahoro mu Rwanda, Pax Press mu ndimi zamahanga, kigamije gusobanurira abaturage imigendekere yamatora inshingano nuruhare rwumuturage mu matora, ikiganiro […]

Kabgayi: Umushumba wa Dioseze ya Kabgayi arasaba abakristu kujyanisha isengesho no gukora bakiteza imbere

Ubwo hatahagwa inyubako ebyiri z’amagorofa za diyoseze ya Kabgayi zuzuye mu mugi wa Muhanga, Musenyeri Barthazard NTIVUGURUZWA umushumba wa diyoseze ya Kabgayi, arasaba abatuye akarere ka Muahaga byumwihariko abakristu muri rusange kujyanisha ijambo ry’Imana bigishwa n’umurimo. Umuyobozi w’abikorera bo mu karere ka Muhanga Kimonyo Juvenal, aravuga uruhare rwa Kiliziya Gatolika byumwihariko Diyoseze ya Kabgayi, igira mu bikorwa bitandukanye birimo ni […]

Ibitekerezo bya ba rwiyemezamirimo mu buhinzi ku bihingwa bihinduriwe uturemangingi ( GMO crops)

Abakora ubuhinzi, cyane urubyiruko rwize iby’ubuhinzi , bakaba na ba rwiyemezamirimo mu buhinzi, barabona impamvu zinyuranye ku mikoreshereze y’ibihingwa bihinduriwe uturemangingo. Ni mu kiganiro kirambuye bagirannye na Radio Huguka; Nyuma yo guhugurwa n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere ry’ubuhinzi RAB mu mushinga OFAB uteza imere iryo koranabuhanga ( Biotechnology).     Florentine Mukarubayiza Ikiganiro kirambuye:

Urubyiruko ruri mu buhinzi ruhamya ko ruzungukira mu ikoranabuhanga ryo gukoresha imbuto zihinduriwe uturemangingo

Mugihe abari mu mwuga buhinzi bavugako bahura n’ibibazo bijyanye n’igabanuka ry’umusaruro ritewe n’ibintu binyuranye harimo kuba imyaka yibasirwa n’indwara ndetse n’ibyonnyi hakiyongeraho ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere n’ibiza;Abashakashatsi n’abandi bafite inshingano mu kuzamura ubuhinzi bemeza ko ikoranabuhanga rikenewe mu guhangana n’ibyo bibazo harimo n’ibihingwa bihinduriwe uturemangingo. Uru rubyiruko rwemezako ubuhinzi bukeneye  iryo  koranabuhanga rituma umusaruro wiyongera kuko abakeneye ibiribwa biyongera mugihe ubutaka […]

Nyamagabe: Munyaneza Gregory nubwo afite ubumuga ntibimubuza kuba haribyo akora adateze amaboko

Munyaneza gregory   utuye umudugudu wa nyabisindu mu akagari ka nyanza murenge wa cyanika ufite ubumuga bwingingo zamaguru yombi aravuga ko “nubwo hari intambwe amaze gutera agana inzira yo kwiteza imbere, arakomeza asaba abanyarwanda kujya baba hafi yabafite ubumuga aho  kubita amazina abaca intege, ndetse n’ubuyobozi bugafasha guhugura abafite ibyo bakora  bafite ubumuga no gutera inkunga abafite ubumuga bafite imishinga ikeneye […]